Nyuma ya saa sita kuru uyu wa Kabiri taliki 21, Gashyantare, 2023, Minisitiri w’intebe wungirije akaba n’w’uububanyi n’amahanga mu bwami bwa Jordan witwa Ayman Hsafadi, yakgeze...
Kuva Misiri yabaho kugeza n’ikindi gihe mu mateka yayo, abantu bazamera nk’umwami Ramses II ni mbarwa. Yari umuhanga mu bwubatsi, akaba umugaba w’ingabo w’integeranywa, mbese icyo...
Umusore w’imyaka 21 y’amavuko witwa Harry May yemeye ko yateye umwami w’u Bwongereza Charles III igi ubwo yari aciye mu gace Harry atuyemo. Uyu musore yabwiye...
Igikomangoma Harry aherutse gusohora igitabo ashinjamo mukuru we igikomangoma William gushaka kumukubita. Abivuga mu gitabo yise Spare ari hafi gusohora. Harry yabwiye The Guardian ko mu...
Igikomangoma Bajrakitiyabha wa Thailand ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo. Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa...