Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Ubwoba Ko Hari Abanyarwanda Baguye Mu Mpanuka Ya Jaguar
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Hari Ubwoba Ko Hari Abanyarwanda Baguye Mu Mpanuka Ya Jaguar

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 September 2024 4:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Kalungu muri Kabaale habereye impanuka ikomeye yahitanye abantu umunani. Hari abakeka ko hari n’Abanyarwanda bashobora kuba bayiguyemo.

Iyo bisi ya Jaguar yari ibatwaye yagonganye na FUSO nayo ifite icyapa cyo muri Uganda.

Polisi yo mu gace byabereyemo ivuga ko umuvuduko munini ari wo wabaye nyirabayazana w’iyi mpanuka ikomeye.

Byabaye mu masaha ya saa munani z’ijoro ku isaha y’i Kigali nk’uko radio yitwa Voice of Kigezi ikorera za Ankole na Tooro ibyemeza.

Polisi kandi yatangarije iyo radio ko hari abantu 40 bahakomerekeye bajyanwa mu bitaro bya Masaka ngo bavurwe.

Akarere ka Kalungu mu ibara ritukura

Ikindi gikekwa ko gishobora kuba cyabaye intandaro yayo ni ibihu byari byahumye umuhanda abashoferi batareba imbere neza.

Hari n’amakuru avuga ko umubare munini w’abari bari muri iyo bisi ari Abanyarwanda bari batashye i Kigali bava i  Kampala.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedImpanukaJaguarUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mafoto: Uko Inteko Y’Abapolisikazi Yagenze
Next Article Uganda: Umunyarwandakazi Yapfiriye Mu Mpanuka Ikomeye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Haratutumba Intambara Hagati Ya Chad N’Abarwanyi Bo Muri Sudan

Nigeria Yahaye Amerika Amakuru Yayifashije Kurasa Abahezanguni B’Abisilamu

Thailand Ipfa Iki Na Cambodia?

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Amakipe Yaturutse Muri Sudan Ari Kwitwara Neza Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Bumve Ko Batekanye- ACP Rutikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?