Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hari Urubyiruko Rw’U Rwanda Rutiyumvamo Ubunyarwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hari Urubyiruko Rw’U Rwanda Rutiyumvamo Ubunyarwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 October 2023 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ushinzwe Abanyarwanda baba mu mahanga witwa Sandrine Maziyateke avuga ko hari umubare w’urubyiruko rw’u Rwanda rutiyumvamo kuba Abanyarwanda ahubwo rwiyumva mu mahanga.

Ngo mu mutwe biyumvamo ‘Green card’.

Mu kiganiro yatangiye mu Ihuriro rya Unity Club, Maziyateke yagize ati: “Hari urubyirujo rufite ikibazo cy’ihungabana mu mateka twanyuzemo ruhunga kure Ndi Umunyarwanda; hari n’abumva ko batari Abanyarwanda. Hano mu Rwanda barahari, banivugisha n’indimi zo mu mahanga cyangwa na rwa rubyiruko rwumva ko rufite green card mu bwonko, inzozi zarwo zikaba kujya mu mahanga.”

Sandrine Maziyateke

Maziyateke Sandrine avuga ko amahirwe ahari ari uko hari umubare munini w’urubyiruko rwamenye ko Ndi Umunyarwanda ishobora komora ibikomere by’amateka u Rwanda rwaciyemo.

Asaba urubyiruko kumva ko kuba u Rwanda rukora ibintu byiza, byagombye kubabera uburyo bwo kuza bagafatanya n’abandi mu kurwubaka.

Ibiganiro byatangiwe muri Unity Club Intwararumuri byagarutse ku ndangagaciro z’Abanyarwanda zose zishingiye kuri ‘Ndi Umunyarwanda.’

Igitekerezo cya Ndi Umunyarwanda gifatwa nk’uruti rw’umugongo rw’ubumwe n’amajyambere y’Abanyarwanda muri iki gihe no mu gihe kizaza.

TAGGED:AmacakubiriClubfeaturedJenosideMaziyatekeNdi UmunyarwandaUnityUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ikoranabuhanga Mu Kwigisha Imibare Na Siyansi Rirakataje Mu Barimu
Next Article Nyanza: Bakubise Abajura Bane Umwe Arapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyarugenge: Baheze Muri Rigoli Nyuma Yo Gushikuza Umukobwa iPhone

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?