Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Harifuzwa Ko Ubucuruzi Hagati Ya Kigali Na Kampala Bugera Kure
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Harifuzwa Ko Ubucuruzi Hagati Ya Kigali Na Kampala Bugera Kure

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2025 11:48 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abitabiriye imurikagurisha ryatangiye kuri uyu wa Gatandatu rimurikirwamo ibikorerwa i Kigali n’ibikorerwa i Kampala riri kubera muri uyu Mujyi bavuga ko ubu bucuruzi bukwiye kugezwa ku rundi rwego, bukiyongera kandi bugasigasirwa kugira ngo burambe.

Bavuze kandi ko hari ibicuruzwa bimwe na bimwe bikwiye gusonerwa imisoro kugira ngo byoroshye ubwo bucuruzi.

Imurikagurisha Kampala-Kigali Expo rihuriza hamwe abacuruzi, abahanga mu ikoranabuhanga n’abakora mu by’ubuhanzi kugira ngo bungurane ibitekerezo by’uburyo imikoranire hagati y’impande zombi yanozwa kurushaho.

Uwavuze mu izina rya Ambasade y’u Rwanda i Kampala witwa Assistant Commissioner of Police Ismael Baguma yabwiye abaryitabiriye ko u Rwanda rufite politiki yo korohereza abashaka gucuruzanya narwo aho baba baturutse hose mu Karere ruherereyemo.

Baguma avuga ko rubikora binyuze mu gukuraho imbogamizi zishingiye ku misoro ku bintu runaka.

ACP Baguma ati: “ Iri murikagurisha rirenze ubucuruzi kuko ryerekana umubano usanzwe hagati y’abaturage b’ibihugu byombi. Ubucuruzi ntibushingiye gusa k’ukunguka ahubwo buhuza n’abantu, bagasangira ibibera iwabo, bakungurana ibitekerezo n’icyerekezo basangiye”.

Adonia Ayabare usanzwe ari Intumwa ihoraho ya Uganda mu Muryango w’Abibumbye nawe yunze mu rya Baguma avuga ko abitabiriye ririya murikagurisha bakwiye kuribonamo uburyo bwo kurushaho kubaka imikoranire hagati yabo.

The New Times yanditse ko Ayabare yabasabye kubaka imikoranire izaramba, ikaba imbarutso yo gukuraho imbogamizi mu bucuruzi kandi ikazaba uburyo bwo gutuma Kigali ikomeza gukorana na Kampala mu buryo burambye.

Mu mwaka wa 2023/2024 ibicuruzwa byinshi bikorerwa mu nganda zo mu Rwanda byoherejwe muri Uganda naho ibyo rwatumije muri aka Karere bituruka muri Tanzania.

TAGGED:AyebareBagumaKampalaKigaliRwandaUbucuruziUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Macron Yongeye Kuganira Na Kagame Na Tshisekedi Ku Bya M23
Next Article DRC Yasabye Abadipolomate Bayo Bose Baba Mu Rwanda Gutaha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?