Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Haruna Yavuye Muri Rayon Adateye Kabiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Haruna Yavuye Muri Rayon Adateye Kabiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 September 2024 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Haruna Niyonzima wari umaze igihe gito agiye muri Rayon Sports yahise ahagarika amasezerano hagati ye n’iyo kipe ikomeye.

Yabwiye itangazamakuru ko hari amafaranga agombwa kandi atahawe kandi ko yayasabye kenshi.

Uyu mukinnyi avuga ko yabwiye ubuyobozi bwa Rayon Sports ko niba budashobora kubahiriza ibyo bavuganye, bwamureka akigira ahandi.

Kuri uyu wa Gatanu nibwo yaje kurekurwa, ahabwa ibaruwa imwererera kwigira ahandi.

Rutahizamu Haruna Niyonzima yari aherutse kugaruka muri Rayon, Ikipe yigeze gukinira hagati y’umwaka wa 2006 n’uwa 2007.

Ndetse ngo ntiyakinnye umukino Ikipe ye yakinnuw na Amagaju FC kuko yari yaramaze guhagarika akazi.

Iby’uko yamaze kuva muri Rayon byatangajwe mu gihe Rayon Sports iri mu Karere ka Nyanza mu bikorwa byo kwizihiza Isabukuru y’imyaka 125 ishize umujyi wa Nyanza aho Rayon yashingiqe umaze ushinzwe.

Iraza no kuhakinira umukino wa gicuti na Mukura VS kuri uyu wa Gatandatu.

Hagati aho biranugwahugwa ko Haruna Niyonzima azasubira muri AS Kigali nyuma y’ibiganiro by’ibanga hagati ye n’iyo kipe.

TAGGED:ASfeaturedHarunaIkipeKigaliRayon
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nduhungirehe Yaciye Amarenga Ko Umubano W’u Rwanda N’Uburundi Uzaba Mwiza
Next Article Muri Nyungwe Habereye Impanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Rwamagana: Uruganda SteelRwa Rukomeje Kuba Ikibazo Ku Buzima Bw’Abaturage

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Nta Byinshi Dufite Byo Gusesagura- Kagame Abwira Sena

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?