Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hasohotse Amabwiriza Ku Bwumvikane Bushingiye K’Ukwemerera Icyaha Mu Nkiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hasohotse Amabwiriza Ku Bwumvikane Bushingiye K’Ukwemerera Icyaha Mu Nkiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2023 3:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohotse mu igazeti ya Leta yatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Nzeri, 2023 rigaragaza ibyo inama y’ubutegetsi y’Urukiko rw’ikirenga yanzuye ku ikoreshwa ry’ingingo z’itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha zerekeye ubwumvikane bishingiye ku kwemera icyaha.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga niwe wasohoye ayo mabwiriza.

Yashingiye ku Itegeko nº 027/2019 ryo ku wa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 26 n’iya 27; ashingira ku Itegeko nᵒ 012/2018 ryo ku wa 04/04/2018 rigena imitunganyirize n’imikorere y’Ubutegetsi bw’Ubucamanza, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 3, agace ka 5.

Yabikoze amaze kubona ko ari ngombwa gushyiraho amabwiriza afasha inkiko n’ababuranyi gukoresha neza ingingo z’itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha zerekeye ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha.

Icyakora ibi byemejwe binyuze mu nama Rusange y’Urukiko rw’Ikirenga yateranye ku wa 11/04/2023 imaze kubisuzuma no kubyemeza ashyizeho ayo mabwiriza.

Urwego rw’ubutabera buvuga ko ubwumvikane hagati y’abaregwa buramutse bukorewe mu nkiko bikozwe n’impande zihuriye ku idosiye runaka byafasha.

Intego ni uko imanza zgera mu nkiko zaba nke, ibindi bikajya bikemurwa bitabaye ngombwa ko abantu bafungwa.

Byose biri mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu magororero ariko nanone ubutabera bugakorwa mu rwego rwo kunga aho gufunga.

Indi nkuru wasoma:

Perezida Kagame Yakiriye Indahiro Ya Minisitiri w’Ubutabera Mushya

 

Kanda aha ayasome:https://www.minijust.gov.rw/index.php?

 

TAGGED:featuredPerezidaUbutaberaUbwumvikaneUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwoko 128 Bw’Amavuta N’Isabune Bwaciwe Mu Rwanda
Next Article Abiga Iby’Umutekano Muri Nigeria Baje Kwigira Kuri Polisi Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?