Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hasohotse Amabwiriza Ku Bwumvikane Bushingiye K’Ukwemerera Icyaha Mu Nkiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hasohotse Amabwiriza Ku Bwumvikane Bushingiye K’Ukwemerera Icyaha Mu Nkiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2023 3:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo ryasohotse mu igazeti ya Leta yatangajwe kuri uyu wa Kabiri taliki 19, Nzeri, 2023 rigaragaza ibyo inama y’ubutegetsi y’Urukiko rw’ikirenga yanzuye ku ikoreshwa ry’ingingo z’itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha zerekeye ubwumvikane bishingiye ku kwemera icyaha.

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga niwe wasohoye ayo mabwiriza.

Yashingiye ku Itegeko nº 027/2019 ryo ku wa 19/09/2019 ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 26 n’iya 27; ashingira ku Itegeko nᵒ 012/2018 ryo ku wa 04/04/2018 rigena imitunganyirize n’imikorere y’Ubutegetsi bw’Ubucamanza, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 3, agace ka 5.

Yabikoze amaze kubona ko ari ngombwa gushyiraho amabwiriza afasha inkiko n’ababuranyi gukoresha neza ingingo z’itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’inshinjabyaha zerekeye ubwumvikane bushingiye ku kwemera icyaha.

Icyakora ibi byemejwe binyuze mu nama Rusange y’Urukiko rw’Ikirenga yateranye ku wa 11/04/2023 imaze kubisuzuma no kubyemeza ashyizeho ayo mabwiriza.

Urwego rw’ubutabera buvuga ko ubwumvikane hagati y’abaregwa buramutse bukorewe mu nkiko bikozwe n’impande zihuriye ku idosiye runaka byafasha.

Intego ni uko imanza zgera mu nkiko zaba nke, ibindi bikajya bikemurwa bitabaye ngombwa ko abantu bafungwa.

Byose biri mu rwego rwo kugabanya ubucucike mu magororero ariko nanone ubutabera bugakorwa mu rwego rwo kunga aho gufunga.

Indi nkuru wasoma:

Perezida Kagame Yakiriye Indahiro Ya Minisitiri w’Ubutabera Mushya

 

Kanda aha ayasome:https://www.minijust.gov.rw/index.php?

 

TAGGED:featuredPerezidaUbutaberaUbwumvikaneUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubwoko 128 Bw’Amavuta N’Isabune Bwaciwe Mu Rwanda
Next Article Abiga Iby’Umutekano Muri Nigeria Baje Kwigira Kuri Polisi Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?