Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Havumbuwe Umusozi Ufite 90% By’Ubutaka Burimo Zahabu!
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Havumbuwe Umusozi Ufite 90% By’Ubutaka Burimo Zahabu!

admin
Last updated: 06 March 2021 2:47 pm
admin
Share
SHARE

Aho ni muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hafi y’Umujyi wa Bukavu ahitwa Luhihi. Abaturage bigabije uwo musozi bawucukuza amapiki n’ibitiyo kugira ngo bayore iryo buye ry’agaciro.

Muri Gashyantare, 2021 rwagati nibwo abaturage bavumbuye ko uriya musozi ufite ubutaka bwuzuyemo zahabu.

Batangaje ko barebye basanze 90% byawo ari zahabu ivanze n’itaka ricye.

Umwe mu banyamakuru ba BBC wageze muri kariya gace avuga ko abaturage bakomeje kuwugana ari benshi kugira ngo barebe ko bagira ka zahabu bacyura mu ngo zabo.

Igihangayikishije abanyapolitiki ni uko uriya musozi ushobora kuza kwigarurirwa n’imitwe y’abarwanyi ndetse ikaharasanira kugira ngo urushinje indi imbaraga abe ari wo uwusigarana n’ubukungu bwawo.

Umwe mu bayobozi bo muri kariya gace witwa Venant Burume Muhigirwa avuga ko uriya musozi uherereye muri Kilometeri 50 uvuye i Bukavu.

Repubulika ya Demukarasi ya Kongo ifite amabuye y’agaciro menshi kandi ku bwinshi.

Ikindi ifite ni petelori.

Ikinyamakuru cyo mu Bwongereza kitwa UNILAD kivuga ko kuba ifite amabuye y’agaciro kandi kuyacukura bikaba byoroshye bituma ihinduka isibaniro y’ibihugu bikize bihashaka iriya mari, ahasigaye nabyo bigakoresha imitwe y’abarwanyi ihari kugira  ngo bibone ariya mabuye ku giciro gito.

Ni hafi y’Umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo
TAGGED:DemukarasifeaturedUmusoziZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarimu B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Next Article Inzige Zerekeje Uganda, Ese U Rwanda Rwiteguye Guhangana Nazo?
1 Comment
  • Kalisa says:
    06 March 2021 at 1:00 pm

    Imana ikunda abazayirwa basi..ngaho ndebera koko…cyakoza abazungu ubu bagiye kuhashoza intamabara …

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?