Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hegitari 8 Z’Ishyamba Rya Nyungwe Zahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hegitari 8 Z’Ishyamba Rya Nyungwe Zahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 August 2023 2:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari igice cy’ishyamba rya Nyungwe kireba mu Murenge wa Bweyeye muri Rusizi kibasiwe n’inkongi.

Twagerageje kuvugisha umuyobozi mukuru wa Pariki ya Nyungwe witwa Protais Niyigaba ngo agire icyo abitubwiraho ariko nta gisubizo turabona.

Icyakora Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kwita ku mashyamba( Rwanda Forestry Authority) witwa  Concorde Nsengumuremyi avuga ko kugeza ubu bataramenya icyateye iriya nkongi ariko ngo ibarura rya mu gitondo kuri uyu wa Kabiri taliki 22, Kanama, 2023 habarurwaga hegitari umunani(8).

Nsungumuremyi avuga ko kuba ririya shyamba ryahiye ari igihombo ku Rwanda no ku isi muri rusange kubera ko risanzwe ricumbiye ibinyabuzima bw’amoko atandukanye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Concorde Nsengumuremyi

Ati: “ Nk’uko ubizi ririya shyamba riri mu mashyamba afitiye isi akamaro kubera ko ari ishyamba ry’inzitane rihoramo imvura igatanga umwuka abantu bakeneye. Kuba ryahiye rero ni ikibazo kubera ko, nk’uko ubyumva, hari amoko y’ibiti, inzoka n’ibindi binyabuzima byahatikiriye.”

Iri shyamba rivuzweho gushya mu gihe hari umugambi w’uko Pariki ya Nyungwe iri gusabirwa gushyirwa ku bigize umurage w’isi.

Andi makuru kuri iyi ngingo turakomeza kuyakurikirana…

Ishyamba Rya Nyungwe Ryasabiwe Gushyirwa Mu Murage W’Isi

TAGGED:featuredIshyambaNyungwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda Hagiye Kwaduka Amagare Akoresha Amashanyarazi
Next Article Eric Mbirizi Yavuye Muri Rayon
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyoboza Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?