Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hegitari 8 Z’Ishyamba Rya Nyungwe Zahiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hegitari 8 Z’Ishyamba Rya Nyungwe Zahiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 August 2023 2:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari igice cy’ishyamba rya Nyungwe kireba mu Murenge wa Bweyeye muri Rusizi kibasiwe n’inkongi.

Twagerageje kuvugisha umuyobozi mukuru wa Pariki ya Nyungwe witwa Protais Niyigaba ngo agire icyo abitubwiraho ariko nta gisubizo turabona.

Icyakora Umuyobozi w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kwita ku mashyamba( Rwanda Forestry Authority) witwa  Concorde Nsengumuremyi avuga ko kugeza ubu bataramenya icyateye iriya nkongi ariko ngo ibarura rya mu gitondo kuri uyu wa Kabiri taliki 22, Kanama, 2023 habarurwaga hegitari umunani(8).

Nsungumuremyi avuga ko kuba ririya shyamba ryahiye ari igihombo ku Rwanda no ku isi muri rusange kubera ko risanzwe ricumbiye ibinyabuzima bw’amoko atandukanye.

Concorde Nsengumuremyi

Ati: “ Nk’uko ubizi ririya shyamba riri mu mashyamba afitiye isi akamaro kubera ko ari ishyamba ry’inzitane rihoramo imvura igatanga umwuka abantu bakeneye. Kuba ryahiye rero ni ikibazo kubera ko, nk’uko ubyumva, hari amoko y’ibiti, inzoka n’ibindi binyabuzima byahatikiriye.”

Iri shyamba rivuzweho gushya mu gihe hari umugambi w’uko Pariki ya Nyungwe iri gusabirwa gushyirwa ku bigize umurage w’isi.

Andi makuru kuri iyi ngingo turakomeza kuyakurikirana…

Ishyamba Rya Nyungwe Ryasabiwe Gushyirwa Mu Murage W’Isi

TAGGED:featuredIshyambaNyungwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rwanda Hagiye Kwaduka Amagare Akoresha Amashanyarazi
Next Article Eric Mbirizi Yavuye Muri Rayon
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?