Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hezbollah Iravugwaho Ububiko Bunini Bwa Zahabu N’Amadolari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Hezbollah Iravugwaho Ububiko Bunini Bwa Zahabu N’Amadolari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2024 1:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamakuru Orla Guerin usanzwe ukorera BBC yeretswe ahantu mu kuzimu aho ingabo za Israel zivuga Hezbollah yabitse zahabu n’amadolari byinshi.

Byanditswe ko iyo mari ibitswe mu kuzimu kuri munsi y’ibitaro bya Al Sahel biri mu Murwa mukuru wa Lebanon witwa Beirut.

Ubuyobozi bw’ibyo bitaro bwo burabihakana bukavuga ko ibyo Israel ivuga ntaho bihuriye n’ukuri.

Nibwo bwahaye umunyamakuru wa BBC uburenganzira bwo kuza kuzenguruka ibyo bitaro ngo yirebere amashirakinyoma.

Uwo munyamakuru yeretswe ibyumba byose by’ibyo bitaro ngo arebe uko byifashe.

Yeretswe n’igice cyo mu kuzimu kwabyo.

Kuri uyu wa Mbere taliki 21, Ukwakira, 2024, nibwo iby’uko muri biriya bitaro hari iriya mari yatangajwe.

Byahise biba ngombwa ko abakozi 50 barimo abakozi 15 ba biriya bitaro bahita bahungishwa.

TAGGED:AmadolarifeaturedLebanonZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Paul Biya Yahinyuje Abavugaga Ko Yapfuye
Next Article Umukozi Wa RIB Yahawe Ruswa Ya Miliyoni Frw 4 Arayanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?