Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hezbollah Iravugwaho Ububiko Bunini Bwa Zahabu N’Amadolari
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Hezbollah Iravugwaho Ububiko Bunini Bwa Zahabu N’Amadolari

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2024 1:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamakuru Orla Guerin usanzwe ukorera BBC yeretswe ahantu mu kuzimu aho ingabo za Israel zivuga Hezbollah yabitse zahabu n’amadolari byinshi.

Byanditswe ko iyo mari ibitswe mu kuzimu kuri munsi y’ibitaro bya Al Sahel biri mu Murwa mukuru wa Lebanon witwa Beirut.

Ubuyobozi bw’ibyo bitaro bwo burabihakana bukavuga ko ibyo Israel ivuga ntaho bihuriye n’ukuri.

Nibwo bwahaye umunyamakuru wa BBC uburenganzira bwo kuza kuzenguruka ibyo bitaro ngo yirebere amashirakinyoma.

Uwo munyamakuru yeretswe ibyumba byose by’ibyo bitaro ngo arebe uko byifashe.

Yeretswe n’igice cyo mu kuzimu kwabyo.

Kuri uyu wa Mbere taliki 21, Ukwakira, 2024, nibwo iby’uko muri biriya bitaro hari iriya mari yatangajwe.

Byahise biba ngombwa ko abakozi 50 barimo abakozi 15 ba biriya bitaro bahita bahungishwa.

TAGGED:AmadolarifeaturedLebanonZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Paul Biya Yahinyuje Abavugaga Ko Yapfuye
Next Article Umukozi Wa RIB Yahawe Ruswa Ya Miliyoni Frw 4 Arayanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?