Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hibutswe Umwamikazi Rosalie Gicanda Wishwe Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Hibutswe Umwamikazi Rosalie Gicanda Wishwe Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2022 3:01 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Mata, 2022 nibwo hibutswe umwamikazi Rosalie Gicanda wishwe n’abasirikare ba Lea y’Abatabazi ya Dr Sindikubwabo Theodore na Minisitiri w’Intebe Jean Kambanda.

Umwe mu basirikare bamwishe ni uwitwa Captaine Ildephonse Nizeyimana n’abandi.

Ubuyobozi bwa @RwandaSouth bwifatanyije n'umuryango w'Umwamikazi Rozaliya Gicanda wishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, aho bamwunamiye ku Musezero i Mwima muri nyuma yo kumusabira mu gitambo cy'ukaristiya cyatuwe na Nyiricyubahiro Filipo Rukamba.#Kwibuka28 pic.twitter.com/p7afHNzsVD

— Southern Province | Rwanda (@RwandaSouth) April 20, 2022

Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyepfo bwifatanyije n’umuryango w’Umwamikazi Rozaliya Gicanda bajya  kumwunamia aho ashyinguye ahitwa ku Musezero i Mwima.

Mbere hari habanje gutambwa igitambo cya Ukarisitiya cyatuwe na Nyiricyubahiro  Musenyeri Filipo Rukamba.

Inzu Gicanda yahoze atuyemo iherutse gutangazwa ko izagirwa inzu ndangamurage izamwitirirwa.

Irangamuntu ya cyera ya Captaine Ildephone Nizeyimana. Yashyizwe kuri Twitter na Noel Kambanda
TAGGED:featuredGicanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gafotozi Ufatwa Nk’UWa Mbere Mu Rwanda Plaisir Muzogeye Yishimira Imyaka 11 Amaze Mu Kazi
Next Article Umuhati Wo Gukura Indege Y’u Rwanda Mu Kangaratete Yahuriye Nako Muri Uganda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?