Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hon Donatille Mukabalisa Ati: “ Tuzi Icyo Kubura Amahoro Bivuze”
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Hon Donatille Mukabalisa Ati: “ Tuzi Icyo Kubura Amahoro Bivuze”

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2022 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyakubahwa Donatille Mukabalisa uyobora Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yabwiye Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Mozambique ko kuba u Rwanda rwarohereje ingabo na Polisi kugarura amahoro i Cabo Delgado byatewe n’uko Abanyarwanda bazi icyo kuyabura bivuze.

Yabivugiye mu ruzinduko rw’iminsi ibiri azatangiramo n’ikiganiro mu Nteko ishinga amategeko y’iki gihugu.

Kuri uyu wa Gatanu yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Inteko ishinga amategeko ya Mozambique witwa Hon. Esperança Laurinda F. N. Bias.

Nyuma y’ibiganiro byabo, impande zombi zasinye n’amasezerano y’imikoranire hagati y’Inteko zishinga amategeko z’ibihugu byombi.

Perezida w’Inteko ishinga amategeko ya Mozambique yashimye ko u Rwanda rwohereje ingabo zo kugarura amahoro muri kiriya.

Mugenzi we uyobora iy’u Rwanda yamubwiye ko biri mu nshingano z’Abanyarwanda n’abandi Banyafurika muri rusange ko bagomba gutabarana.

Hon Donatille Mukabalisa ati: “ Tuzi icyo kubura amahoro bivuze”

Umuyobozi w’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yaganiriye n’abavuga rikijyana muri kiriya gihugu ababwira uburyo amashyaka menshi kandi adafite ibyiza agambiriye yoretse Abanyarwanda muri Jenoside yakorewe Abatutsi.

Icyakora, yababwiye ko mu Rwanda rw’ubu, amashyaka ariyobora yahisemo gukorera hamwe ku nyungu z’Abanyarwanda.

Mukabalisa yasuye n’urwibutso rw’intwari za Mozambique yunamira abahashyinguye bagize uruhare mu gutuma kiriya gihugu kibona ubwigenge bwabonetse nyuma y’intambara yamaze 13 ni umuvuga guhera mu mwaka wa 1962 kugeza mu mwaka wa 1975.

Yagiranye ikiganiro na mugenzi we uyobora Inteko ishinga amategeko ya Mozambique witwa Hon. Esperança Laurinda F. N. Bias.
TAGGED:featuredIntambaraIntekoJenosideMozambiqueMukabalisaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Semakamba: Umugabo Wareze Umwami Rwabugiri Mu Nteko Y’Abaturage
Next Article Abarundi Babwiye Perezida Wabo Ibibahangayikishije
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?