Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tito Rutaremera Yasubiye Kuri Twitter
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Tito Rutaremera Yasubiye Kuri Twitter

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 September 2021 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tito Rutaremara yagarutse kuri Twitter nyuma y’igihe kirekire ayivuyeho kubera ko ngo icyo gihe yasanze ‘bahatukanira.’ Yabwiye Taarifa ko agarutse kubera ko yasanze nta kundi yabigenza kuko ari ho ‘isi igeze.’

Rutaremara yatubwiye ati: “ Kera nigeze kuyijyaho igitangira ariko nyuma mpava kubera ko ari ahantu ho gutukana, ndabireka. Ubu ariko ubanza ari ho isi igeze.”

Hon Tito Rutaremara avuga ko yatangiye afolowinga Perezida wa Repubulika Paul Kagame ariko ko ateganya no kuzafolowinga abandi.

Ati: “ Urumva natangirira kuri nde wundi utari we?”

Tito Rutaremera usanzwe ari Umuyobozi w’Inama ngishwanama y’Inararibonye z’u Rwanda avuga ko we ubwe ari we uzajya yishyirira amakuru kuri Twitter.

Tito Rutaremara ari kuri Twitter

Ngo ntarasaza cyane k’uburyo yacyenera undi muntu ubimukorera.

Ikindi ngo ni uko nta rundi rubuga akoresha uretse WhatsApp.

Uretse kuba ari umwe mu Banyapolitiki bazwi mu Rwanda, Hon Ruteremara yabaye n’Umuvunyi mukuru akaba azwi no mu gutanga inama zifasha abakiri bato ngo bakunde igihugu cyabo.

TAGGED:RuteremaraTitoTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkambi Ya Gihembe Igiye Gufungwa Nyuma y’Imyaka 24
Next Article Hahishuwe Uburyo Rusesabagina Yahaye Ruswa BBC Na VOA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?