Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Tito Rutaremera Yasubiye Kuri Twitter
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Tito Rutaremera Yasubiye Kuri Twitter

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 September 2021 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Tito Rutaremara yagarutse kuri Twitter nyuma y’igihe kirekire ayivuyeho kubera ko ngo icyo gihe yasanze ‘bahatukanira.’ Yabwiye Taarifa ko agarutse kubera ko yasanze nta kundi yabigenza kuko ari ho ‘isi igeze.’

Rutaremara yatubwiye ati: “ Kera nigeze kuyijyaho igitangira ariko nyuma mpava kubera ko ari ahantu ho gutukana, ndabireka. Ubu ariko ubanza ari ho isi igeze.”

Hon Tito Rutaremara avuga ko yatangiye afolowinga Perezida wa Repubulika Paul Kagame ariko ko ateganya no kuzafolowinga abandi.

Ati: “ Urumva natangirira kuri nde wundi utari we?”

Tito Rutaremera usanzwe ari Umuyobozi w’Inama ngishwanama y’Inararibonye z’u Rwanda avuga ko we ubwe ari we uzajya yishyirira amakuru kuri Twitter.

Tito Rutaremara ari kuri Twitter

Ngo ntarasaza cyane k’uburyo yacyenera undi muntu ubimukorera.

Ikindi ngo ni uko nta rundi rubuga akoresha uretse WhatsApp.

Uretse kuba ari umwe mu Banyapolitiki bazwi mu Rwanda, Hon Ruteremara yabaye n’Umuvunyi mukuru akaba azwi no mu gutanga inama zifasha abakiri bato ngo bakunde igihugu cyabo.

TAGGED:RuteremaraTitoTwitter
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkambi Ya Gihembe Igiye Gufungwa Nyuma y’Imyaka 24
Next Article Hahishuwe Uburyo Rusesabagina Yahaye Ruswa BBC Na VOA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?