Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 April 2025 5:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Bamwe mu baririmbyi ba Hoziana
SHARE

Korali Hoziana ivuga ko yahinduye mu Giswayili indirimbo yayo yamenyekanye kurusha izindi yise Tugumane Mwami. Mu Giswayile bayise  “Kaa Nami”.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo ubuyobozi bwa Hoziana bwatangaje ko iyo ndirimbo yashyizwe ku mugaragaro.

Gusohora indirimbo “Kaa Nami” biri mu rwego rwo kwagura aho ubutumwa bwiza buririmbiwe mu Rwanda bugera mu Karere ruherereyemo.

Hoziana yo ku ntangiriro

Si Hoziana iri kubikora itya gusa kuko n’umuhanzi Israel Mbonyi nawe amaze iminsi akora indirimbo mu Giswayili kandi zakunzwe muri Kenya no muri Tanzania.

Léa Mukandangizi, Perezida wa Korali Hoziana ati: “Twakiriye ubuhamya bwinshi bw’abumvise indirimbo ‘Tugumane’. Ni indirimbo itera umuntu kugira icyifuzo cyo kugendana n’Imana. Binyuze muri ‘Kaa Nami’, twifuza gukomeza kwamamaza ubutumwa bwiza mu buryo burenga imbibi z’igihugu.”

Léa Mukandangizi, Perezida wa Korali Hoziana

Mukanganizi avuga ko iriya ndirimbo ibimburiye izindi zizashyirwa mu Giswayili, ururimi rukoreshwa n’abantu bari hagati ya Miliyoni 150 na 200, rukaba ururimi ruvugwa ahanini muri Kenya no muri Tanzania.

Yemeza ko mu gihe gito kiri imbere hazasohora izindi ndirimbo ziri muri uru rurimi.

Chorale Hoziana yabanje kwitwa Korali Gasave, ikaba yaravutse mu mwaka 1978.

Ni imwe muri Korali zikomeye mu Rwanda kubera imyaka imaze  iririmba indirimbo zihimbaza Imana.

Cholari Hoziana mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi( Ifoto@Prince Ebembo).

Yatangiye ikorera muri Nyarugenge kugeza n’ubu, bikavugwa ko yatangiranye n’Itorero rya Pentekote mu Rwanda ubwo ryatangiraga ivugabutumwa mu mujyi wa Kigali.

TAGGED:ADEPRHozianaIndirimbo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urwego Rw’Abikorera Mu Ngamba Zo Kuzamura Agaciro K’Impu
Next Article DRC: Ibiganiro Bya M23 Na Guverinoma Bikomeje Kunanirana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Aline Gahongayire Arashaka Kwamamaza Umuziki We Muri Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduro

Davido Yashyizwe Mu Kigo Gitegura Grammy Awards

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?