Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hu Jintao Wayoboye u Bushinwa Yasohowe Mu Nama Yaririmo Perezida Xi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hu Jintao Wayoboye u Bushinwa Yasohowe Mu Nama Yaririmo Perezida Xi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 October 2022 10:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Former Chinese president Hu Jintao leaves his seat next to Chinese President Xi Jinping during the closing ceremony of the 20th National Congress of the Communist Party of China, at the Great Hall of the People in Beijing, China October 22, 2022. REUTERS/Tingshu Wang
SHARE

Mu buryo butunguranye kandi bwarogoye Inama y’abayobozi bakuru mu ishyaka riri k’ubutegetsi mu Bushinwa, Hu Jintao wigeze kuba Perezida w’iki gihugu yasohowe igitaraganya.

Kumusohora byakozwe mu buryo bwatunguye benshi kandi nta bisobanuro byatangajwe y’uko asohotse.

Ikindi ni uko uyu mukambwe w’imyaka79 yari yicaye hafi cyane ya Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping.

Icyakora mbere y’uko asohorwa, Hu yari arimo aganira na Perezida Xi na Visi Perezida w’u Bushinwa Li Keqiang.

Ku rundi ruhande ariko ngo hari amakuru avuga ko Hu yigeze kugerageza gufata impapuro Perezida Xi yari afite iruhande rwe.

Ubwo yasohorwaga, yafashe ku rutugu rwa Visi Perezida w’u Bushinwa witwa Li Keqiang.

Hari hashize icyumweru ishyaka riri ku butegetsi mu Bushinwa riri gukora inama yaguye yaryo.

Ubwo abanyamakuru bemererwaga kwinjira mu cyumba umuhango wo kuyisoza wari ugiye kuberamo nibyo Hu Jintao yasohowe igitaraganya.

Iyi nama yitabiriwe n’abantu 2,300.

TAGGED:BushinwaHuIntekoPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abapolisi Babiri Bafungiwe Uburiganya Mu Ugukorera Permis
Next Article Hari Abayobozi Perezida Kagame Aburira Bakavunira Ibiti Mu Matwi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?