Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Huye: Ivatiri Yagonganye Na RITCO
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Huye: Ivatiri Yagonganye Na RITCO

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 August 2022 1:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Huye ahitwa kuri ISAR Rubona,(ubu ni kuri RAB-Rubona) habereye impanuka aho ivatiri yaciye ku ikamyo itabanje kureba niba nta yindi modoka iturutse imbere, igeze hagati igongana na RITCO.

Amakuru y’agateganyo kuri iyi mpanuka twavanye mu buvugizi bwa Polisi ishami ry’umutekano wo mu muhanda, avuga ko abantu bane bari muri iyo vatiri ari bo bagize ikibazo ariko ngo kugeza igihe twandikaga iyi nkuru nta muntu wari wapfuye.

Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano mu muhanda, Senior Superintendent of Police( SSP) Réné Irere yatubwiye ko ayo ari amakuru y’agateganyo kuri iriya mpanuka ariko ko ari budutangarize ibindi byakurikiye ho nyuma yo kubona amakuru yose.

Ngo bategereje kumenya imyirondoro y’abari mu ivatiri hakanarebwa uretse gukomereka nta kindi babaye.

Iyi nkuru irakomeza gukurikiranwa…

TAGGED:HuyeImpanukaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwanyi Ba ADF Bakomeje Kwinjira Muri DRC Ku Bwinshi
Next Article Mu Karere Ka Gasabo Hari Igiti Kimaze Imyaka 300
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?