Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Kibeho Perezida Wa Pologne Arasura Ikigo Cy’Abafite Ubumuga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

I Kibeho Perezida Wa Pologne Arasura Ikigo Cy’Abafite Ubumuga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2024 9:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Andrzej Sebastian uyobora Pologne n’umugore we Agata Kornhauser–Duda baragera mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri baturutse  muri Kenya. Kuri gahunda yabo barazasura n’ikigo kita ku bana bafite ubumuga kiba mu Murenge wa Kibeho muri Nyaruguru.

Umuturage uri i Kibeho witwa Kamonyo yabwiye Taarifa ko abaturage muri rusange n’abana baba muri iki kigo by’umwihariko biteguye kwakira uyu mushyitsi w’imena.

Avuga ko Abanyapologne ari bo bashinze icyo kigo kivura kandi kigaha uburere abana bafite ubumuga butandukanye.

Biga guhera mu ishuri ry’incuke bagakomeza kugeza mu mashuri yisumbuye kandi ayo mashuri yubatse hafi y’aho basanzwe baba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikigo abo bana bigaho kiri muri metero nka 400 kugera ngo ugere ahari Chapelle ziberaho kuzirikana amabonekerwa Bikira Mariya yageneye abakobwa bigaga i Kibeho mu myaka ya 1980.

Perezida Duda
TAGGED:AbafiteDudaKibehoUbumugaUruzinduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukozi Wa Kaminuza Y’u Rwanda Araregwa Kwibira Amanota Umunyamahanga
Next Article Umugabo W’i Nyagatare Aravugwaho Gusambanya Umwana We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?