Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: I Kinshasa Batangiye Gutwika Imipine Bamagana Ibyavuye Mu Matora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

I Kinshasa Batangiye Gutwika Imipine Bamagana Ibyavuye Mu Matora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 December 2023 3:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amashusho ari kuri X arerekana abaturage bo mu Murwa mukuru wa DRC, Kinshasa, bamagana ibyo bita kwiba amatora cyangwa Fraude Electoral nk’uko babyise.

Batwitse amapine bajya mu mihanda babwira itangazamakuru ko batakwemera ko amajwi yabo ahabwa uwo batatoye.

Mbere y’uko kwigaragambya, hari hatanzwe umuburo w’uko Guverinoma itari bwihanganire abigaragambya kuko bihungabanya umutekano.

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu akaba na Visi Perezida wa DRC Peter Kazadi yari yasabye abashaka kwigaragambya ko bagana inkiko aho guhungabanya umutekano.

Uko bigaragara ntabwo bumviye uwo muburo kuko hari n’ahandi muri iki gihugu abantu bigaragambije bavuga ko ubutegetsi bwibiye amajwi Felix Tshisekedi none abakandida nka Moïse Katumbi bakaba baratsinzwe.

Mu bice bimwe bya DRC imidugararo hagati y’abaturage na Polisi yatangiye ahagana saa tanu z’amanywa.

Urubyiruko rwatangiye ruterana amabuye n’abapolisi, abapolisi bakabatera ibyuka biryana mu maso.

Hari bamwe mu baturage batawe muri yombi.

Just in The populace in Kinshasa, DRC refuses to accept Tshisekedi’s appalling electoral fraud . It’s a mess pic.twitter.com/9bDIw9R0aY https://t.co/jXDVpNVeZM

— Les Misérables (@Dachronica) December 27, 2023

TAGGED:AbaturageAmatorafeaturedKatumbiTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Imvura Yasenye Ikiraro Cy’Ingirakamaro Mu Mibereho Y’Abaturage
Next Article Clare Akamanzi Yahawe Inshingano Muri NBA
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?