Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 August 2025 12:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iyi kipe ya Kaminuza ya Kepler ishami ry’u Rwanda iri hafi kuzakina umukino wa nyuma yo gutsinda iya APR mu mukino wabaye mu mpera z’icyumweru gishize. Abakinnyi babiri yahaye akazi nibo muri iki gihe bakoze ikinyuranyo kuko mu mwaka watambutse yari iri ku mwanya wa kabiri.

Mu bakinnyi bongewemo barimo Umunya- Mali Traoré Aichata n’Umunyamerikakazi Young Desi-Rae Yvonne, wanatsinze amanota menshi kuva iyi mikino yatangira.

Iyi kipe kandi ubu ifite umutoza mushya witwa Luis Lopez Hernandez.

Umunyamerikakazi Young Desi-Rae Yvonne

Ubuhanga bw’umutoza n’imikinire y’abo bakobwa bombi bafatanyije na bagenzi babo biri mu biherutse gutuma itsinda uruhenu ikipe ya bagenzi babo ba APR Women Basketball Club.

Muri uyu mukino wabaye tariki 17, Kanama, 2025 wari uwa kamarampaka( play-offs), mu cyiciro cy’abagore muri shampiyona ya Basketball mu Rwanda, ikipe ya Kepler yageze ku mukino wa nyuma imaze gusezerera ikipe ya APR WBBC.

Wari umukino wa kane muri itanu amakipe yombi yagombaga gutanguranwa, kugira ngo hamenyekane ikipe izakina umukino wa nyuma.

Agace ka mbere k’umukino uheruka, Kepler WBC yakegukanye ku manota 16 kuri 15, agace ka kabiri ku manota 13 kuri 3 maze amakipe yombi ajya kuruhuka Kepler iri imbere n’igiteranyo cy’amanota 29 kuri 18.

Agace ka kabiri katangiye, ikipe ya Kepler yakomerejeho ikegukana ku manota 16 kuri 13, naho aka nyuma ikegukana ku manota 27 kuri 16.

Nibwo bwa mbere Ikipe ya Kepler WBBC  igeze ku mukino wa nyuma muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu bagore, ikazakina na REG WBBC ku mukino wa nyuma kuko iyi iherutse The Hoops Rwanda, nyuma yo kuyitsinda imikino 3-0.

TAGGED:APR WBBCImikinoKepler
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23
Next Article REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Basaza Babo-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Jules Karangwa Azayobora Rwanda Premier League

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?