Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibihugu Bikennye Bikwiye Kugira Icyo Bikora Mu Kugabanya Ibitera Ihumana Ry’Ikirere-Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibihugu Bikennye Bikwiye Kugira Icyo Bikora Mu Kugabanya Ibitera Ihumana Ry’Ikirere-Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2022 2:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame avuga ko n’ubwo ibihugu bikize ari byo bigomba gutanga amafaranga menshi yo guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere kuko ari nabyo bizamura ibyotsi byinshi mu kirere, ibikennye nabyo bitagomba guterera agati mu ryinyo.

Avuga ko nabyo bigomba gushyiraho ingamba iwabo zo kwita ku bidukikije no kugabanya ibituma ikirere gikomeza gushyuha.

Yabivugiye mu nama yiswe KusiFest 2022 yateranye mu buryo bw’ikoranabuhanga.

Yatanze urugero rw’u Rwanda, avuga ko rwashyizeho ikigega kitwa Rwanda Green Fund, kikaba ari ikigega gitera inkunga imishinga igamije kurengera ibidukikije.

Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo abantu bashobore guhangana n’ingaruka z’imihindagurikire y’ikirere, ubufatanye ari ngombwa.

Umukuru w’u Rwanda kandi avuga ko hejuru y’uko ikirere cyabaye ikibazo, hiyongereyeho ibindi birimo ibikomoka kuri  COVID-19  ndetse n’ibiterwa n’ibibazo bya Politiki biri hirya no hino ku isi.

Ku ruhande rw’Afurika, Perezida Kagame avuga ko icyo ishaka ku muntu uwo ari wese wifuza gukorana nayo, ari uko iyo mikoranire iba ifitiye Afurika akamaro kandi ikagira uruhare mu buyikorerwa.

Yasezeranyije abari mu nama mpuzamahanga iri kubera i Doha muri Qatar ko u Rwanda ruzatanga inkunga yose kugira ngo ibyiyemejwe bigerweho.

Kusi Ideas ni ihuriro ngarukamwaka ritegurwa n’ikigo cyo muri Kenya kitwa Nation Media Group.

Kusi Ideas Festival yatangiye mu mwaka wa 2019 ubwo Nation Media Group yizihizaga imyaka 60 yari imaze ishinzwe.

TAGGED:AfurikafeaturedIbidukikijeIkirereKagameKusi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkongi Nyinshi Ziterwa N’Uburangare- Polisi
Next Article Imiryango Ya UN Mu Rwanda Izubakirwa Inyubako Imwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?