Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyago Byagwiririye Türkiye Birenze Urugero: U Rwanda Rwongeye Kuyihanganisha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyago Byagwiririye Türkiye Birenze Urugero: U Rwanda Rwongeye Kuyihanganisha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2023 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu yagiye kuri Ambasade ya Türkiye mu Rwanda, yandika ubutumwa bwo kwihanganisha abaturage b’iki gihugu kubera ibyago bikomeye baherutse guhura nabyo.

Iki gihugu gikora kuri Aziya no ku Burayi giherutse gupfusha abantu barenga 18, 000  bazize umutingito.

Ni umutingito wabaye mu rukerera rwo ku wa Mbere abantu baryamye.

Wahitanye ariko n’abo muri Syria n’ubwo bo batangana n’abo muri Türkiye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Dr. Vincent Biruta yanditse mu gitabo cyo muri Ambasade yo muri iki gihugu ati: “Mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, twifatanyije n’imiryango yagizweho ingaruka n’umutingito wateje ibyago bikomeye byo kubura ubuzima n’umubabaro ukomeye muri Türkiye. U Rwanda rwifatanyije na Guverinoma ndetse n’abaturage ba Türkiye.”

This morning, on behalf of @RwandaGov, Minister @Vbiruta signed the condolences book at @TurkEmbKigali in the wake of the recent tragic earthquakes. Rwanda stands in solidarity with the Government and people of Türkiye. pic.twitter.com/AROweKkt7E

— Ministry of Foreign Affairs & Int'l Cooperation (@RwandaMFA) February 10, 2023

Imibare ikomatanyije y’abapfuye mu bihugu byombi itangaza ko bamaze kugera ku bantu 21,500.

Muri bo 18,342 ni abo muri Türkiye n’aho abarenga 3,350 ari abo muri Syria.

Umutingito wabahitanye wabanje kuza uri ku gipimo cya 7.8 ariko hamaze gucya haza undi ufite ubukana bwa  7.5

- Advertisement -

Ubwo twandikaga iyi nkuru, ibikorwa by’ubutabazi byari bigikomeje harebwa niba haba hari abakiri munsi y’inkuta z’inzu.

TAGGED:AmbasadeBirutafeaturedRwandaTurkiyaUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Igihe Gikwiye Cyo Gusezera Mu Kazi
Next Article Mu Rwanda Hatangijwe Ikibuga Cya Basket Abana Bazatorezwamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?