Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyago Byagwiririye Türkiye Birenze Urugero: U Rwanda Rwongeye Kuyihanganisha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyago Byagwiririye Türkiye Birenze Urugero: U Rwanda Rwongeye Kuyihanganisha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2023 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Dr. Vincent Biruta mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu yagiye kuri Ambasade ya Türkiye mu Rwanda, yandika ubutumwa bwo kwihanganisha abaturage b’iki gihugu kubera ibyago bikomeye baherutse guhura nabyo.

Iki gihugu gikora kuri Aziya no ku Burayi giherutse gupfusha abantu barenga 18, 000  bazize umutingito.

Ni umutingito wabaye mu rukerera rwo ku wa Mbere abantu baryamye.

Wahitanye ariko n’abo muri Syria n’ubwo bo batangana n’abo muri Türkiye.

Dr. Vincent Biruta yanditse mu gitabo cyo muri Ambasade yo muri iki gihugu ati: “Mu izina rya Guverinoma y’u Rwanda, twifatanyije n’imiryango yagizweho ingaruka n’umutingito wateje ibyago bikomeye byo kubura ubuzima n’umubabaro ukomeye muri Türkiye. U Rwanda rwifatanyije na Guverinoma ndetse n’abaturage ba Türkiye.”

This morning, on behalf of @RwandaGov, Minister @Vbiruta signed the condolences book at @TurkEmbKigali in the wake of the recent tragic earthquakes. Rwanda stands in solidarity with the Government and people of Türkiye. pic.twitter.com/AROweKkt7E

— Ministry of Foreign Affairs & Int'l Cooperation (@RwandaMFA) February 10, 2023

Imibare ikomatanyije y’abapfuye mu bihugu byombi itangaza ko bamaze kugera ku bantu 21,500.

Muri bo 18,342 ni abo muri Türkiye n’aho abarenga 3,350 ari abo muri Syria.

Umutingito wabahitanye wabanje kuza uri ku gipimo cya 7.8 ariko hamaze gucya haza undi ufite ubukana bwa  7.5

Ubwo twandikaga iyi nkuru, ibikorwa by’ubutabazi byari bigikomeje harebwa niba haba hari abakiri munsi y’inkuta z’inzu.

TAGGED:AmbasadeBirutafeaturedRwandaTurkiyaUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Igihe Gikwiye Cyo Gusezera Mu Kazi
Next Article Mu Rwanda Hatangijwe Ikibuga Cya Basket Abana Bazatorezwamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?