Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo...
Mu rwego rwo gukomeza umurunga uranga umubano hagati y’u Rwanda na Ukraine, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga warwo Dr. Vincent Biruta yaganiriye na mugenzi we wa Ukraine witwa...
Abantu babiri bafatiwe mu Karere ka Gakenke bafite amasashi 37,600 bari bajyanye kugurisha kandi atemewe mu bucuruzi bwo mu Rwanda. Umwe mu bafashwe ni umusore ufite...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Biruta Vincent yabwiye Abadepite n’izindi nzego by’umwihariko izishinzwe ingengo y’imari ko kimwe mu bibazo Minisiteri ayoboye ifite kandi bikeneye ingengo y’imari mu...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Dr Vincent Biruta yaraye abwiye abandi bayobozi ko muri iki gihe ibigaragara ku isi byerekana ko iterabwoba riri gufata indi ntera. Biruta yasobanuye...