Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Guhagarika Intambara Hagati Ya Israel Na Iran Byapfubye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Ibyo Guhagarika Intambara Hagati Ya Israel Na Iran Byapfubye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 June 2025 1:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Iran yatangaje ko atari yo yishe ibyari byameranyijwe mu guhagarika intambara yayo na Israel, ikabivuga mu gihe Israel yo yiyemeje guhata Iran ibisasu biremereye.

Abanyamakuru bari aho iyo ntambara iri kubera bavuga ko n’uruhande rwa Israel rutorohewe kuko ruri kuraswa za missiles ndetse umubare w’abo biri guhitana wiyongera.

Ibyo guhagarika imirwano byari byatangajwe na Perezida Trump, byemezwa na Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu gusa Iran yari itarabyemera yeruye.

Minisitiri w’ingabo za Israel witwa Israel Katz yavuze ko Iran ari yo yishe ibyari byemejwe bityo ko igiye kubona ingaruka.

Iran yo ivuga ko Israel niyongera kuyirasaho, izaba ikojeje agati mu ntozi, ko izahabwa ‘ikosora’.

Hagati aho Urwego rwa Israel rushinzwe ubutabazi ruvuga ko hari abantu bane bahitanywe n’ibisasu bya Iran.

Iran kandi iherutse kurasa ku birindiro by’ingabo za Amerika biri muri Qatar, ibikora yihimura ku bitero Amerika yagabye ku ruganda rwa Iran rutunganya Uranium ruri ahitwa Forgo .

Israel na Amerika bivuga ko byiyemeje gusenya ahantu hose Iran itunganyiriza Uranium.

Ifoto: Minisitiri w’ingabo za Israel witwa Israel Katz

TAGGED:AgahengeAmerikaIbisasuIntambaraIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abacuruzi Bashyiriweho Uburyo ‘Bwihariye’ Bwo Gukoresha Irembo
Next Article RDF Na Polisi Bagiye Kongera Kuvura Abaturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?