Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Twamenye Ku Mpamvu Zifungwa Rya IPRC Kigali…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyo Twamenye Ku Mpamvu Zifungwa Rya IPRC Kigali…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2022 7:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko ikigo cya Kigali kigisha ubuhanga n’ubumenyingiro, Rwanda Polytechique, IPRC-Kigali ifungwa, Taarifa yaje kumenya bimwe mu bishobora kuba byateye iri fungwa.

Iperereza rya Taarifa ryamenye ko mu gihe gito gishize, ubuyobozi bwa IPRC Kigali bwateguye ingendo shuri zikurikiranya zarangiye mu gihe cy’Icyumweru kimwe.

Buri shuri( mu mashuri yose agize kiriya kigo gikora nka Kaminuza mu by’ubumenyi ngiro) ryashakiwe aho rikorera urugendo shuri.

Ikindi umwe mu bazi ibihakorerwa yatubwiye ni uko hari hamaze iminsi havugwa ko hari imashini zabuze, ariko we akavuga ko atamenya izo ari zo.

Gusa ngo kiriya kigo gifite imashini zitandukanye zirimo mudasobwa, imashini zikoreshwa n’abiga gukora imihanda ibiraro n’amateme, abiga ibyo kongerera ibiribwa agaciro n’ibindi.

Kuba ubuyobozi bw’iki kigo bwarateguye ingendo shuri kandi zitari zisanzwe zihakorerwa, ngo byatumye hari abibaza ko ikigambiriwe ari ugushaka uko bazasobanurira abazaza gukora igenzura ry’aho amafaranga yanyerejwe yagiye.

Icyakora iperereza ryaratangiye nk’uko itangazo rya Minisiteri y’uburezi ribivuga.

Ni itangazo ryahise ritegeka ko iri shuri riba rifunzwe mu gihe cy’ibyumweru bibiri, hagakorwa iperereza ridafite birantega.

Abarimu, abakozi n’abanyeshuri…bose hbahagaritswe mu gihe cy’ibyumweru bibiri, bakazamenyeshwa igihe bazasubukurira amasomo.

Communique/Itangazo pic.twitter.com/kAqHjV46Ti

— Ministry of Education | Rwanda (@Rwanda_Edu) October 23, 2022

TAGGED:featuredImyugaIPRCKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirwano Ya FARDC Na M 23 Irerekeza i Kibumba
Next Article Uburusiya Bwatwitse Litiro 100,000 Za Benzène Z’Indege Z’intambara Za Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?