Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ibyo Twamenye Ku Mpamvu Zifungwa Rya IPRC Kigali…
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ibyo Twamenye Ku Mpamvu Zifungwa Rya IPRC Kigali…

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2022 7:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’uko Minisiteri y’uburezi itangaje ko ikigo cya Kigali kigisha ubuhanga n’ubumenyingiro, Rwanda Polytechique, IPRC-Kigali ifungwa, Taarifa yaje kumenya bimwe mu bishobora kuba byateye iri fungwa.

Iperereza rya Taarifa ryamenye ko mu gihe gito gishize, ubuyobozi bwa IPRC Kigali bwateguye ingendo shuri zikurikiranya zarangiye mu gihe cy’Icyumweru kimwe.

Buri shuri( mu mashuri yose agize kiriya kigo gikora nka Kaminuza mu by’ubumenyi ngiro) ryashakiwe aho rikorera urugendo shuri.

Ikindi umwe mu bazi ibihakorerwa yatubwiye ni uko hari hamaze iminsi havugwa ko hari imashini zabuze, ariko we akavuga ko atamenya izo ari zo.

Gusa ngo kiriya kigo gifite imashini zitandukanye zirimo mudasobwa, imashini zikoreshwa n’abiga gukora imihanda ibiraro n’amateme, abiga ibyo kongerera ibiribwa agaciro n’ibindi.

Kuba ubuyobozi bw’iki kigo bwarateguye ingendo shuri kandi zitari zisanzwe zihakorerwa, ngo byatumye hari abibaza ko ikigambiriwe ari ugushaka uko bazasobanurira abazaza gukora igenzura ry’aho amafaranga yanyerejwe yagiye.

Icyakora iperereza ryaratangiye nk’uko itangazo rya Minisiteri y’uburezi ribivuga.

Ni itangazo ryahise ritegeka ko iri shuri riba rifunzwe mu gihe cy’ibyumweru bibiri, hagakorwa iperereza ridafite birantega.

Abarimu, abakozi n’abanyeshuri…bose hbahagaritswe mu gihe cy’ibyumweru bibiri, bakazamenyeshwa igihe bazasubukurira amasomo.

Communique/Itangazo pic.twitter.com/kAqHjV46Ti

— Ministry of Education | Rwanda (@Rwanda_Edu) October 23, 2022

TAGGED:featuredImyugaIPRCKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imirwano Ya FARDC Na M 23 Irerekeza i Kibumba
Next Article Uburusiya Bwatwitse Litiro 100,000 Za Benzène Z’Indege Z’intambara Za Ukraine
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Abatanga Ubutabera Bajye Basura Amahanga Barebe Uko Bigenda-Sosiyete Sivile

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tchad: Hadutse Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?