Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyamamare Kelly Clarkson Na Madamu Biden Imbere Y’Abafana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Icyamamare Kelly Clarkson Na Madamu Biden Imbere Y’Abafana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2021 8:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr Jill Biden araha ikiganiro icyamamare ku isi witwa Kelly Clarkson . Aramubwira ingamba afite zo guteza imbere imibereho y’imiryango y’abasirikare ba USA, guteza imbere uburezi, gushyira imbaraga mu bushakashatsi bwo kurwanya cancer no kongera guhuriza hamwe Abanyamerika.

Kelly Clarkson   ni umuhanzi wamenyakanye ku isi akiri muto. Ubu afite imyaka 38 y’amavuko, akaba afite n’ikiganiro acisha kuri DailyMail TV,NBS n’ahandi.

Nicyo kiganiro Madamu Biden ari bube atanze kuva umugabo we yatangira kuyobora USA.

Clarkson   yatangaje ko yishimiye kuganira n’umufasha w’Umukuru w’igihugu, bakaganira ku ngingo zireba ubuzima bw’Abanyamerika.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikiganiro cya Kelly Clarkson yikise ‘The Kelly Clarkson Show’. Abafana ba Jill Biden basabwe kuza kohereza ibibazo kuri Twitter.

Ikiganiro cya Clackson kiri mu bikunzwe kurusha ibindi iki gihe hari n’ubwo cyari kigiye gutambuka ku cya Ellen DeGeneres.

Yagitangije muri 2019 ariko kirakunzwe k’uburyo gikurikirwa n’abo mu bindi bihugu nka Canada, Norway na New Zealand.

Kelly
Jill Biden

Indirimbo ya Kelly

- Advertisement -
TAGGED:BidenKelly Clarkson
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impaka Z’Umuhanga Kuri Jenoside Yo Muri 1994 N’Uwari Uyoboye Turquoise I Cyangugu
Next Article Afrobasket 2021 Q : U Rwanda Rwatsinzwe Rugikubita
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Urukiko Rukuru Rw’Ubucuruzi Rwanzuye Intsinzi Y’Umuhanzi Gabiro Guitar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hoziyana Yashyize Indirimbo ‘Tugumane’ Mu Giswayili

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Igitaramo Cya The Ben Kizagongana N’Icya Pallaso Uzwi Cyane i Kampala

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?