Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyamamare Kelly Clarkson Na Madamu Biden Imbere Y’Abafana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Icyamamare Kelly Clarkson Na Madamu Biden Imbere Y’Abafana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2021 8:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Dr Jill Biden araha ikiganiro icyamamare ku isi witwa Kelly Clarkson . Aramubwira ingamba afite zo guteza imbere imibereho y’imiryango y’abasirikare ba USA, guteza imbere uburezi, gushyira imbaraga mu bushakashatsi bwo kurwanya cancer no kongera guhuriza hamwe Abanyamerika.

Kelly Clarkson   ni umuhanzi wamenyakanye ku isi akiri muto. Ubu afite imyaka 38 y’amavuko, akaba afite n’ikiganiro acisha kuri DailyMail TV,NBS n’ahandi.

Nicyo kiganiro Madamu Biden ari bube atanze kuva umugabo we yatangira kuyobora USA.

Clarkson   yatangaje ko yishimiye kuganira n’umufasha w’Umukuru w’igihugu, bakaganira ku ngingo zireba ubuzima bw’Abanyamerika.

Ikiganiro cya Kelly Clarkson yikise ‘The Kelly Clarkson Show’. Abafana ba Jill Biden basabwe kuza kohereza ibibazo kuri Twitter.

Ikiganiro cya Clackson kiri mu bikunzwe kurusha ibindi iki gihe hari n’ubwo cyari kigiye gutambuka ku cya Ellen DeGeneres.

Yagitangije muri 2019 ariko kirakunzwe k’uburyo gikurikirwa n’abo mu bindi bihugu nka Canada, Norway na New Zealand.

Kelly
Jill Biden

Indirimbo ya Kelly

TAGGED:BidenKelly Clarkson
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impaka Z’Umuhanga Kuri Jenoside Yo Muri 1994 N’Uwari Uyoboye Turquoise I Cyangugu
Next Article Afrobasket 2021 Q : U Rwanda Rwatsinzwe Rugikubita
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

You Might Also Like

Imyidagaduro

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?