Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyamamare Ku Isi Muri Tennis Serena Williams Yasezeye Muri Uyu Mukino
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Icyamamare Ku Isi Muri Tennis Serena Williams Yasezeye Muri Uyu Mukino

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 August 2022 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
MELBOURNE, AUSTRALIA - JANUARY 31: Serena Williams of the United States plays a forehand in her women's final match against Maria Sharapova of Russia during day 13 of the 2015 Australian Open at Melbourne Park on January 31, 2015 in Melbourne, Australia. (Photo by Quinn Rooney/Getty Images)
SHARE

Amakuru atangazwa na Dailymail avuga kuri Tennis yemeza ko icyamamare ku isi muri Tennis ikinwa n’abagore witwa Serena Williams yasezeye muri uyu mukino akaba agiye mu kiruhuko cy’izabukuru.

Serena Williams yavuze ko icyemezo cyo kureka gukina uyu mukino ari cyo gikomeye afashe mu buzima bwe, ariko ngo nta kundi byagenda.

Ati: “ Ni ikintu gikomeye mfasheho umwanzuro n’ubwo kigoye bwose, ariko ubu natangiye gutekereza ku kindi nzakora imbere hazaza.”

Serena Jameka Williams yavutse taliki 26, Nzeri, 1981.

Yamaze ibihe muri Tennis bita ibyumweru 319 ari we mugore wa mbere ku isi muri uyu mukino uri mu mikino isaba ingufu no kuboneza ntuhushe kurusha iyindi.

Mu mikino 186 yakinanye n’abandi bagore nabwo we na mugenzi we babaye aba mbere inshuro nyinshi kandi byari ku rwego rw’isi.

Uyu mugore kandi yakinanye na mukuru we witwa Venus Williams nabwo batsinda inshuro nyinshi.

Venus na Serena Williams ni abavandimwe

Bakuze batozwa n’ababyeyi babo ari we Nyina witwa Oracene Price na Se witwa Richard Williams.

Mu mwaka wa 1995 nibwo batangiye gukina nk’ababigize umwuga ndetse muri uwo mwaka yatwaye igikombe bita US Open

Yatsinze kandi irushanwa bita French Open hari mu mwaka wa 2002 n’aho mu mwaka wa 2003 atsinda irindi rwo muri Australia ryitwa Australia Open.

Ni umukinnyi wabaye icyamamare mu bagore bakinye tennis k’uburyo na Maria Sharapova wari ukomeye kuva kera atamuhangamuraga iyo bahuriraga mu mikino mpuzamahanga ya Tennis.

Mu mwaka wa 2012 yatsinze amarushanwa ya Wimbledon .

We na Venus Williams batangije igisekuru gishya cy’abakobwa cyangwa abagore bakina Tennis mu buryo bw’umwuga bakomeye kurusha abandi.

Byanatumye aba umwe mu bagore bake ku isi batunze miliyoni nyinshi z’amadolari.

Mu mwaka wa 2016 yinjije miliyoni $ 29.

TAGGED:featuredIrushanwaTennisUmugoreUmukinnyiWilliams
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nzasaba u Rwanda Kurekura Rusesabagina- Antony Blinken
Next Article Ubufatanye Bw’Ubugenzacyaha Bw’u Rwanda N’u Bufaransa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?