Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyamamare Muri Cinema Nyarwanda Alliah Cool Yahembewe Muri Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Icyamamare Muri Cinema Nyarwanda Alliah Cool Yahembewe Muri Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 November 2023 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Alliance Isimbi wamamaye ku izina rya Alliah Cool muri cinema nyarwanda yahawe igihembo cy’uko akina neza kandi akaba yaragize uruhare mu kuzamura imibereho y’abatishoboye.

Igihembo yaherewe muri Nigeria kitwa  ‘Great Achievers Award’.

Ikindi yashimiwe ni uko ari muri ba Ambasaderi bakiri ba bato b’imiryango ishamikiye kuri UN bagize uruhare mu kuzamura imibereho y’abagore kugira ngo bazabeho neza ejo hazaza.

Asanzwe afite ikigo yise Ishusho Arts Center, kikaba ikigo kigisha urubyiruko gukina filimi no kuba abantu bahanga udushya mu ruganda rw’imyidagaduro.

Nyuma yo guhabwa kiriya gihembo, Alliance Isimbi yishimye, ashima abamutoye.

Yishimiye ko yaherewe iki gihembo mu gihugu cya mbere kizwiho filimi nziza muri Afurika

Yabwiye abari bamuteze amatwi ko kiriya gihembo kiri no mu rwego rwo gushima umuhati w’Abanyarwanda[kazi] bakora uko bashoboye ngo bateze imbere igihugu cyabo  binyuze mu kuzamura urwego rwa cinema ndetse no mu bundi buryo.

Yunzemo ko kuba igihembo yahawe cyatangiwe muri Nigeria, igihugu gifite uruganda rwa cinema rwa mbere rukomeye muri Afurika ari ikimenyetso cy’uko ibyo akora bihabwa agaciro cyane.

TAGGED:AliahCinemaFilimiIgihemboIsimbiNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Na Hamas Bongereye Agahenge K’Iminsi Ibiri
Next Article Abantu 18,000 Bitabiriye Isabukuru Y’Amabonekerwa Y’i Kibeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduro

Sandra Teta Yarekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

The Ben Yacuranze Gitari Na Piyano Atari Abizwiho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Bwiza Aritegura Igitaramo Kizahura N’Isabukuru Ye Y’Amavuko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ubusitani Bwa Nyandungu Bwahembewe Akamaro Bufitiye Ababusura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?