Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyanya Cy’Inganda Cyazaniye u Rwanda Akayabo- RDB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Icyanya Cy’Inganda Cyazaniye u Rwanda Akayabo- RDB

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 January 2024 3:30 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa RDB bwaganiriye n’abafatanyabikorwa bwayo barebera hamwe ibyo icyanya cy’inganda cya Masoro kimaze kwinjiriza u Rwanda. Umuyobozi mukuru wungirije wa RDB Nelly Mukazayire yabwiye abari aho ko mu mwaka wa 2022 inganda zo muri icyo cyanya zinjirije u Rwanda Miliyari $2.5 yaturutse mu mari yahashowe.

Icyo gihe kandi inganda zikirimo zahaye akazi abantu 15,070 kandi ibyo zakoze byoherejwe hanze byanjirije u Rwanda miliyoni $ 990.

Nelly Mukazayire avuga ko ibyo byose ari ibyo kwishimira.

Yabwiye abafatanyabikorwa b’u Rwanda mu iterambere ati: “ Mu gihe twishimira ibyo iki cyanya cyatugejejeho, ni ngombwa gukora ku buryo bizaramba. Kuramba kandi bivuze kubungabunga ibiri muri iki cyanya.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Abafatanyabikorwa b’u Rwanda mu iterambere baganiriye na RDB ku byerekeye icyanya cy’inganda n’akamaro kacyo mu bukungu bwarwo

Mukazayire avuga ko kugira ngo ibyo nanone bigerweho bisaba ko abantu bakorana umurava, buri wese akitanga uko ashoboye, akageza igihugu ku rwego rwo hejuru uko bishoboka.

Urwego rw’inganda rushimirwa uruhare rumaze kugira mu iterambere ry’ubukungu bw’u Rwanda.

Bivugwa ko mu Rwanda hari inganda zigera ku 1000 zikomatanyije inganda nto n’inganda ziringaniye ndetse n’inganda nini.

TAGGED:featuredIngandaIterambereMukazayireUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gusana Umuhanda Huye-Rusizi Waraye Utengutse Byatangiye
Next Article Amerika Yaganiriye N’u Rwanda Ku Mutekano Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?