Guverinoma y’u Rwanda iri kwitegura kuzakira inama mpuzamahanga y’ishami ry’umuryango ryita ku bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere, ibiri mu birwa bito n’ibihugu bidakora ku Nyanja izaruberamo...
Mohd Yassin uyobora Ikigo cyakira imizigo izana mu Rwanda, Magasins Géneraux du Rwanda, (MAGERWA) avuga ko nk’umunyamahanga umaze imyaka ibiri mu Rwanda, yasanze uko Abanyarwanda babanye...
Raporo ngarukamwaka y’ikigo cy’igihugu cyiterambere, RDB, ivuga ko mu mwaka wa 2022/2023, amadovize u Rwanda rwakuye mu bukerarugendo yiyongereye ku gipimo cya 171.3%. Mu mwaka wa...
Abakobwa bafite hagati y’imyaka icyenda n’imyaka 16 y’amavuko biga mu mashuri yisumbuye bahurijwe hamwe bibutswa ko kwiga ikoranabuhanga ari ingenzi mu myigire n’iterambere ryabo. Kubahuza byakozwe...
Mu Karere ka Rubavu hamaze iminsi ibiri hateraniye inama nyungurabitekerezo yahuje intumwa za Guverinoma y’u Rwanda n’abafatanyabikorwa bayo mu iterambere. Guverinoma yasabye abafatanyabikorwa bayo kurushaho kuyunganira...