Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyo Raporo Ku Nkomoko Ya COVID-19 Itangaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Icyo Raporo Ku Nkomoko Ya COVID-19 Itangaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2021 3:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima bafatanyije n’abo muri za Kaminuza z’u Bushinwa batangaje ko basanze virus yateye icyorezo COVID-19 yaraturutse mu gacurama, ariko igera mu muntu ibanje guca mu yindi nyamaswa.

Iby’uko yakorewe muri laboratwari z’i Wuhan byo ‘babiteye utwatsi’

Raporo ya bariya bahanga isohotse nyuma y’uruzinduko bakoreye mu mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei mu Bushinwa, ahavugwaga ko ari ho iriya virus yatangiriye.

Uruzinduko rwabo barutangiye muri Mutarama kugeza muri Gashyantare, 2021.

Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, byatangaje ko n’ubwo hasohotse iriya raporo ivuga ko iriya virusi yaturutse mu gacurama igera mu muntu iciye mu yindi nyamaswa, hari ibindi bibazo abahanga bakibaza.

Bavuga ko hari ibindi bazakomeza gukoraho ubushakashatsi.Umuyobozi mukuru w’ Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi Dr Tedros Adhanom Ghebreysus yirinze gutangaza byinshi ku byo bariya bahanga batangaje, avuga ko muri iki gihe hari binshi bikiganirwaho mu ruhando rw’abahanga kuri kiriya kibazo.

Raporo ya paje 400 niyo igaragaza ibyo babonye muri buriya bushakashatsi.

Peter Ben Embarek ni umwe mu mpuguke zateguye iriya raporo
TAGGED:COVID-19featuredRaporoTedrosWuhan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Min. Biruta Yakiriye Intumwa Y’Afurika Yunze Ubumwe Ishinzwe Imibereho Myiza
Next Article Ingamba Nshya Kuri COVID-19:Mu Majyepfo Gahunda Ni Saa Moya Mu Rugo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?