Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Icyo Raporo Ku Nkomoko Ya COVID-19 Itangaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19

Icyo Raporo Ku Nkomoko Ya COVID-19 Itangaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 March 2021 3:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashakashatsi bo Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima bafatanyije n’abo muri za Kaminuza z’u Bushinwa batangaje ko basanze virus yateye icyorezo COVID-19 yaraturutse mu gacurama, ariko igera mu muntu ibanje guca mu yindi nyamaswa.

Iby’uko yakorewe muri laboratwari z’i Wuhan byo ‘babiteye utwatsi’

Raporo ya bariya bahanga isohotse nyuma y’uruzinduko bakoreye mu mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei mu Bushinwa, ahavugwaga ko ari ho iriya virus yatangiriye.

Uruzinduko rwabo barutangiye muri Mutarama kugeza muri Gashyantare, 2021.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, byatangaje ko n’ubwo hasohotse iriya raporo ivuga ko iriya virusi yaturutse mu gacurama igera mu muntu iciye mu yindi nyamaswa, hari ibindi bibazo abahanga bakibaza.

Bavuga ko hari ibindi bazakomeza gukoraho ubushakashatsi.Umuyobozi mukuru w’ Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi Dr Tedros Adhanom Ghebreysus yirinze gutangaza byinshi ku byo bariya bahanga batangaje, avuga ko muri iki gihe hari binshi bikiganirwaho mu ruhando rw’abahanga kuri kiriya kibazo.

Raporo ya paje 400 niyo igaragaza ibyo babonye muri buriya bushakashatsi.

Peter Ben Embarek ni umwe mu mpuguke zateguye iriya raporo
TAGGED:COVID-19featuredRaporoTedrosWuhan
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Min. Biruta Yakiriye Intumwa Y’Afurika Yunze Ubumwe Ishinzwe Imibereho Myiza
Next Article Ingamba Nshya Kuri COVID-19:Mu Majyepfo Gahunda Ni Saa Moya Mu Rugo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?