Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Idris Elba Arashaka Guteza Imbere Filimi Nyafurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu mahanga

Idris Elba Arashaka Guteza Imbere Filimi Nyafurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2024 3:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Idris Elba
SHARE

Umwe mu bakinnyi bakomeye muri Amerika witwa Idris Elba yatangaje ko afite gahunda yo kuzatura muri Afurika akazahamara imyaka 10 atoza abakinnyi ba filimi uko filimi ikinwa ku rwego mpuzamahanga.

Idris Elba w’imyaka 52, wamamaye muri film y’uruhererekane ‘The Wire’, avuga ko agiye  kubaka studio mu birwa bya Zanzibar muri Tanzania, akubaka n’indi Accra mu Murwa Mukuru wa Ghana.

Elba wavukiye i London mu Bwongereza, Nyina ni uwo muri Ghana naho Se agakomoka muri Sierra Leone.

Kuba ababyeyi be bombi ari abo ku mugabane w’Afurika bituma akunda uypu mugabane cyane.

Ubuhanga bwe mu gukina filimi asanga atabusangije Abanyafurika byaba ari ukubahemukira kandi basangiye umugabane.

Asanga abatuye Afurika bagomba kubara inkuru y’ubuzima bwabo bwa buri munsi.

TAGGED:ElbaFilimiUmukinnyiZanzibar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amerika Yabwiye Israel Kudahirahira Ngo Irwane Na Iran
Next Article Karongi: Umushinjacyaha Akurikiranyweho Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Mu Minsi Mikuru Abantu 92 Bafunzwe Bazira Gutwara Banyoye Inzoga

Amashereka: Ikinyobwa Cyaremwe Mu Rukundo

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

Trump Ntarashirwa…

Itegeko Ku Makosa Yo Mu Muhanda Riraremereye Cyane-Umunyamategeko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

You Might Also Like

Mu mahanga

Centrafrique: Touadéra Yongeye Gutsinda Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Urutonde Rw’Ibyo Trump Asaba Umuyobozi Mushya Wa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Z’Abaturage Ba DRC Zimuriwe Mu Nkambi Ruhigi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?