Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ifoto Idasanzwe: Perezida Kagame Akora Ku Nyamaswa ‘Isa N’Ingwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ifoto Idasanzwe: Perezida Kagame Akora Ku Nyamaswa ‘Isa N’Ingwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 April 2022 12:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ruzinduko Perezida Kagame arimo muri Zambia yasuye byinshi ariko hari ifoto yasohowe n’Umuvugizi w’Ibiro bye witwa Stephanie Nyombayire ishishikaje! Ni ifoto Perezida Kagame ari gukora ku nyamaswa isa n’ingwe.

Kubera ko iriya nyamaswa itaba mu Rwanda nk’uko amakuru dufite abivuga, hari bamwe bavuga ko ari urusamagwe  mu gihe hari n’abayise urutarangwe.

Iyo foto yerekana Perezida Kagame yaciye bugufi akora kuri iyi nyamaswa  yari ibunze, ariko iziritse mu gatuza k’uburyo nta kintu kibi yari kumutwara.

Yafashwe na gafotozi w’Ibiro by’Umukuru w’igihugu witwa Plaisir Muzogeye.

🇷🇼 🇿🇲 pic.twitter.com/Dig87WUVBQ

— Stephanie Nyombayire (@PressSecRwanda) April 5, 2022

Kuri uyu wa Mbere kandi Perezida Kagame yasuye isumo rya Victoria riri ku ruzi rwa Zambezi.

Ikindi kandi ni uko kuri uyu wa Mbere Perezida Kagame na mugenzi we uyobora Zambia Hakainde Hickilema bayoboye umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye hagati ya Kigali na Lusaka ari mu ngeri zitandukanye.

Ni amasezerano y’ubufatanye mu nzego zirimo n’uburobyi.

Izindi nzego ibihugu byombi byiyemeje gufatanyamo ni uburezi, gufasha mu gucyemura ikibazo cy’abimukira, ubworozi, guteza imbere ishoramari n’ubuhinzi.

Kagame ari muri Zambia mu ruzinduko rw’iminsi ibiri.

TAGGED:featuredHakaindeKagameUruziZambia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuhanga Mu Mibare Avuga Ko Abakobwa Bagomba Kwiga Siyansi Bakiri Mu Mashuri Mato
Next Article Amb Busingye Yatangiye Kwagurira Umubano W’u Rwanda Mu Kirwa Cya Cyprus
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?