Perezida Hikainde Hichilema yanditse mu gitabo cy’abashyitsi basura urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi ko ibyo yabonye byashegeshe Abanyarwanda ariko ko Imana izabafasha bagakira ibyo...
Amafunguro y’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 20, Kamena, 2023 Perezida Kagame yayasangiye na mugenzi we Hakainde Hichilema uyobora Zambia uri mu Rwanda mu ruzinduko...
Hakainde Hichilema uyobora Zambia ategerejwe i Kigali mu ruzinduko rw’akazi. Azahura na Perezida Paul Kagame baganire ku mikoranire hagati ya Lusaka na Kigali. Kagame yaherukaga gusura...
Inzego z’umutekano za Zambia zongeye guta muri yombi imiryango ine y’abanya Croatia bari baherutse kugirwa abere n’urukiko ku byaha byo gucuruza abana bari bakurikiranyweho. Bafashwe mu...
Mu Rwanda hari kubera Inama mpuzamahanga y’ibihugu bigize Umuryango wa COMESA igamije kureba uko urwego rw’ikoranabuhanga mu by’itumanaho rwakongererwa imbaraga. Intego ni ukureba uko abikorera bahabwa...