Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2025 12:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Manny Pacquiao
SHARE

Uyu mugabo ukomoka muri Phillppines wari umaze imyaka imyaka irenga itanu adakina iteramakofe yatangaje ko agiye kugaruka muri uyu mukino.

Biteganyijwe ko tariki 19, Nyakanga, 2025 azakina umukino n’undi mukinnyi witwa Mario Barrios uri mu bakomeye muri uyu mukino.

Ku mbuga nkoranyambaga, Manny Pacquiao yanditse ati: “Ubu ndagarutse”.

Uyu mugabo w’imyaka 46 y’amavuko yaherukaga mu kibuga arwana mu mwaka wa 2015, hari tariki 02, Gicurasi ubwo yakinaga umukino wari utegerejwe n’amahanga yatsindiwemo na Floyd Joy Mayweather Jr.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umukino azakina muri Nyakanga, 2025 uzabera ahitwa MGM Grand i Las Vegas muri Leta ya Nevada, USA.

Pacquiao asanzwe ari Senateri, akaba ari we wa mbere ku isi watwaye imidali umunani kandi akaba ari we watwaye iyo midali kandi akuze kurusha abandi, afite hejuru y’imyaka 40.

Mu mwaka wa 2021 yari yatangaje ko asezeye iby’uyu mukino.

Uwo bazarwana muri Nyakanga, 2025 ni Umunya Mexique nawe uri mu bakomeye muri uyu mukino ariko utaragera ku rwego rw’abaremeye kurusha abandi.

TAGGED:AmerikaIteramakofePhilippinesUmukinnyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria
Next Article Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

BAL: Ikipe Ya Libya Yatsinze APR BBC Yari Imaze Igihe Yitwaye Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Kagame Yaganiye Na NBA Africa Uko Basket Yatezwa Imbere Kurushaho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?