Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igisasu Cyaturikiye Mu MUSIGITI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Igisasu Cyaturikiye Mu MUSIGITI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2022 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu mu ijoro rishyira iryo kuri uyu wa Kane taliki 18, Kanama, 2022, muri Afghanistan haramutse inkuru mbi y’uko abantu bataramenyekana baturikirije igisasu mu musigiti uri mu Murwa mukuru Kabul.

Imibare imwe ivuga ko abantu 10 bahasize ubuzima, indi ikavuga abantu 20.

Al Jazeera yo yeruye uvuga ko abantu 20 ari bo yabwiwe ko basize ubuzima muri kiriya gitero.

Icyakora ibinyamakuru byinshi birahuriza ku ngingo y’uko hari umwe mu bayobozi bakuru muri Leta y’Abataliban wari wagiye mu masengesho  nawe wahasize ubuzima.

Ikindi ni uko abantu bagera kuri 25 bahakomerekeye, barimo n’abana.

Ibi byago byabereye ahitwa Kheirkhane mu Murwa mukuru  Kabul.

Ni igitero cyagabwe mu Musigiti witwa Abubakir al Sediq” uri ahitwa Kheir Abad.

Kugeza ubu nta mutwe cyangwa itsinda ririgamba iki gitero.

TAGGED:AfghanistanfeaturedigisasuUmusigiti
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi, Rubavu, Nyanza, Muhanga, Karongi, Nyabihu… Uturere Turangwamo Caguwa
Next Article Hagiye Gutangizwa Uburyo Burambye Bwo Kurinda Ibyaranze Amateka Y’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?