Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igisasu Cyaturikiye Mu MUSIGITI
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Igisasu Cyaturikiye Mu MUSIGITI

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 August 2022 9:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatatu mu ijoro rishyira iryo kuri uyu wa Kane taliki 18, Kanama, 2022, muri Afghanistan haramutse inkuru mbi y’uko abantu bataramenyekana baturikirije igisasu mu musigiti uri mu Murwa mukuru Kabul.

Imibare imwe ivuga ko abantu 10 bahasize ubuzima, indi ikavuga abantu 20.

Al Jazeera yo yeruye uvuga ko abantu 20 ari bo yabwiwe ko basize ubuzima muri kiriya gitero.

Icyakora ibinyamakuru byinshi birahuriza ku ngingo y’uko hari umwe mu bayobozi bakuru muri Leta y’Abataliban wari wagiye mu masengesho  nawe wahasize ubuzima.

Ikindi ni uko abantu bagera kuri 25 bahakomerekeye, barimo n’abana.

Ibi byago byabereye ahitwa Kheirkhane mu Murwa mukuru  Kabul.

Ni igitero cyagabwe mu Musigiti witwa Abubakir al Sediq” uri ahitwa Kheir Abad.

Kugeza ubu nta mutwe cyangwa itsinda ririgamba iki gitero.

TAGGED:AfghanistanfeaturedigisasuUmusigiti
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi, Rubavu, Nyanza, Muhanga, Karongi, Nyabihu… Uturere Turangwamo Caguwa
Next Article Hagiye Gutangizwa Uburyo Burambye Bwo Kurinda Ibyaranze Amateka Y’Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?