Mu gihe Amerika n’u Burayi bamaze iminsi barirengagije Afghanistan kubera ko muri iki gihe iyobowe n’Abatalibani, u Bushinwa bwo bwabibonyemo amahirwe y’ishoramari. Ubushinwa bwemeranyije n’Abatalibani ko...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye abagize Inama y’ubutegetsi iyobora Ishuri ry’indashyikirwa z’abakobwa bo muri Afghanistan b’abahanga kurusha abandi wagereranya n’inkubito z’icyeza zo mu...
I Kabul muri Afghanistan haturikiye igisasu cyahitanye abantu 19 abanndi 27 barakomereka. Byabereye hafi y’umusigiti ahiganje Abisilamu b’Aba Shiite. Kuva Abatalibani bongera kwisubiza Afghanistan Abanyamerika n’abandi...
Kuri uyu wa Gatatu mu ijoro rishyira iryo kuri uyu wa Kane taliki 18, Kanama, 2022, muri Afghanistan haramutse inkuru mbi y’uko abantu bataramenyekana baturikirije igisasu...
Muri Afghanistan hari ikibazo cyo kubura abanyabwenge bakora akazi ka Leta karimo ubuyobozi bwa Politiki. Ibi bituma Abatalibani biganjemo abahoze barwanya Amerika ari bo bagakora kandi...