Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igisirikare Cya DRC Cyemeje Ko Hari Coup d’Etat Yaburijwemo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Igisirikare Cya DRC Cyemeje Ko Hari Coup d’Etat Yaburijwemo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 May 2024 12:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi w’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa  le général de brigade Sylvain Ekenge yatangaje ko igisirikare cy’iki gihugu cyaburijemo ihirika ry’ubutegetsi kandi ko ababigerageje bose bafashwe.

Sylvain Ekenge yatangaje ko abashakaga guhirika ubutegetsi bose bafashwe uko bakabaye bikozwe n’ingabo z’igihugu.

Avuga ko hari abanyamahanga babigizemo uruhare nabo bakaba bafashwe mpiri.

Ingabo z’iki gihugu zahumurije abaturage, zivuga ko ibintu byose biri ku murongo kandi umutekano wabo ucunzwe neza.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mu rukerera rwo kuri iki Cyumweru taliki 19, Gicurasi, 2024 nibwo inkuru y’uko abantu bashatse guhirika ubutegetsi yatangiye kuvugwa.

Ababikoze babanje kugaba igitero ku rugo rwa Vital Kamerhe bica abapolisi babiri barurinda bakomereza mu ngoro Umukuru wa DRC akoreramo.

Amashusho yashyizwe kuri X aberekana bari kuvuga ko Perezida Tshisekedi akwiye kuva ku butegetsi.

Icyakora ibyabo ntibyatinze kuko mu gito cyakurikiyeho hagaragaye andi mashusho bicajwe hasi, bigaragara ko bafashwe mpiri.

Muri bo harimo Umuzungu w’Umunyamerika bigaragara ko afite passport y’iki gihugu.

- Advertisement -

Yaba Vital Kamerhe yaba  na Perezida Tshisekedi bose bameze neza nk’uko bitangazwa na Radio Okapi.

 

TAGGED:CongoDRCEkengefeaturedIngaboKamerheTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Guverinoma Yavuze Impamvu Umukozi Wa Human Rights Watch Yangiwe Kwinjira Mu Rwanda
Next Article Indege Yari Itwaye Perezida Wa Iran Iravugwaho Gukora Impanuka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?