Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igitutu Cy’Abafana Cyatumye Umuyobozi Muri Rayon Yegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Igitutu Cy’Abafana Cyatumye Umuyobozi Muri Rayon Yegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2023 9:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rukundo Patrick wari umaze igihe ari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yaraye yeguye kuri izi nshingano. Byatewe n’igitutu cy’abafana bamubonye yambaye umupira wa APR FC, mukeba wa Rayon Sports.

Rukundo aherutse kugaragara yambaye umupira wa APR FC mu mukino wari wahuje iyi kipe n’indi yo mu mahanga.

Imitwe y’abafana ba Rayon Sports yahise ishyuha, impaka ziba urudaca, bibaza ukuntu umuyobozi mukuru mu ikipe yabo yambara umupira wa mukeba, akajya mu mukino wahuje mukeba n’indi kipe.

Mu itangazamakuru, Rukundo yasubije ko yabikoze mu rwego rwo gushyigikira ikipe yari ihagarariye u Rwanda, ariko ko atabikoze kuko yafanaga APR FC.

Ibisobanuro bye byabaye nko ‘gusorera mu rucaca’ kubera ko abafana bakomeje kumwereka ko yakoze bitabaho.

Yanditse yegura

Icyo gitutu nicyo cyatumye arara yanditse ibaruwa isezera mu nshingano ze.

Ibibaye kuri Rukundo byaretse Abanyarwanda muri rusange ko APR FC izahora ari mukeba wa Rayon Sports kandi mu buryo butari amagambo gusa.

 

TAGGED:APR FCRayonRukundoYeguye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutabera Bw’u Rwanda Bunengwa Kwihutira Gufunga
Next Article Kagame Yaganiriye N’Ikigo Cy’Abanyamerika Gikurikirana Ibibera Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Ubwongereza: Abantu Biciwe Mu Rusengero Rw’Abayahudi

You Might Also Like

ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ese APR FC Iri Ku Rwego Rwo Gukina N’Amakipe Nka Pyramids FC?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu RwandaPolitiki

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?