Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igitutu Cy’Abafana Cyatumye Umuyobozi Muri Rayon Yegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Igitutu Cy’Abafana Cyatumye Umuyobozi Muri Rayon Yegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2023 9:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rukundo Patrick wari umaze igihe ari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yaraye yeguye kuri izi nshingano. Byatewe n’igitutu cy’abafana bamubonye yambaye umupira wa APR FC, mukeba wa Rayon Sports.

Rukundo aherutse kugaragara yambaye umupira wa APR FC mu mukino wari wahuje iyi kipe n’indi yo mu mahanga.

Imitwe y’abafana ba Rayon Sports yahise ishyuha, impaka ziba urudaca, bibaza ukuntu umuyobozi mukuru mu ikipe yabo yambara umupira wa mukeba, akajya mu mukino wahuje mukeba n’indi kipe.

Mu itangazamakuru, Rukundo yasubije ko yabikoze mu rwego rwo gushyigikira ikipe yari ihagarariye u Rwanda, ariko ko atabikoze kuko yafanaga APR FC.

Ibisobanuro bye byabaye nko ‘gusorera mu rucaca’ kubera ko abafana bakomeje kumwereka ko yakoze bitabaho.

Yanditse yegura

Icyo gitutu nicyo cyatumye arara yanditse ibaruwa isezera mu nshingano ze.

Ibibaye kuri Rukundo byaretse Abanyarwanda muri rusange ko APR FC izahora ari mukeba wa Rayon Sports kandi mu buryo butari amagambo gusa.

 

TAGGED:APR FCRayonRukundoYeguye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutabera Bw’u Rwanda Bunengwa Kwihutira Gufunga
Next Article Kagame Yaganiriye N’Ikigo Cy’Abanyamerika Gikurikirana Ibibera Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?