Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Igitutu Cy’Abafana Cyatumye Umuyobozi Muri Rayon Yegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Igitutu Cy’Abafana Cyatumye Umuyobozi Muri Rayon Yegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 September 2023 9:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rukundo Patrick wari umaze igihe ari Perezida wa Komite Nkemurampaka ya Rayon Sports yaraye yeguye kuri izi nshingano. Byatewe n’igitutu cy’abafana bamubonye yambaye umupira wa APR FC, mukeba wa Rayon Sports.

Rukundo aherutse kugaragara yambaye umupira wa APR FC mu mukino wari wahuje iyi kipe n’indi yo mu mahanga.

Imitwe y’abafana ba Rayon Sports yahise ishyuha, impaka ziba urudaca, bibaza ukuntu umuyobozi mukuru mu ikipe yabo yambara umupira wa mukeba, akajya mu mukino wahuje mukeba n’indi kipe.

Mu itangazamakuru, Rukundo yasubije ko yabikoze mu rwego rwo gushyigikira ikipe yari ihagarariye u Rwanda, ariko ko atabikoze kuko yafanaga APR FC.

Ibisobanuro bye byabaye nko ‘gusorera mu rucaca’ kubera ko abafana bakomeje kumwereka ko yakoze bitabaho.

Yanditse yegura

Icyo gitutu nicyo cyatumye arara yanditse ibaruwa isezera mu nshingano ze.

Ibibaye kuri Rukundo byaretse Abanyarwanda muri rusange ko APR FC izahora ari mukeba wa Rayon Sports kandi mu buryo butari amagambo gusa.

 

TAGGED:APR FCRayonRukundoYeguye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutabera Bw’u Rwanda Bunengwa Kwihutira Gufunga
Next Article Kagame Yaganiriye N’Ikigo Cy’Abanyamerika Gikurikirana Ibibera Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

You Might Also Like

Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoIzamamazaMu Rwanda

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?