Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC b bwemeje ko iyi kipe igiye kongera gukinisha abanyamahanga. Lt Gen Mubarakh Muganga uyiyobora yavuze ko mu gihe iyi kipe y’ingabo...
Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka akaba na Perezida wa APR FC Lt Gen Mubarakh Musabye yasabye imbabazi abafana na APR FC kubera ko imaze...
Umuyobozi mukuru w’icyubahiro wa APR F.C Gen James Kabarebe ari kumwe na Chairman wayo Lt Gen MK MUBARAKH basuye iyi Kipe baje kuyishimira uko yitwaye ubwo...
Haruna Niyonzima usanzwe ari Kapiteni w’Amavubi n’uwa AS Kigali yaraye agiranye ikiganiro n’umusifuzi mpuzamahanga witwa Eric Mugabo gisa n’aho cyarimo no gutongana amusaba kutabogamira ku ikipe...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Gatsibo bwandikiye ubwa APR FC bubusaba ko bwaba bubatije abakinnyi babiri b’iyi Kipe bakomoka muri kariya Karere ngo babufashe mu bukangurambaga bugiye gutangiza....