Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: IGP Namuhoranye Yagiye Gutsura Umubano Na Polisi Ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

IGP Namuhoranye Yagiye Gutsura Umubano Na Polisi Ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2024 12:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) mu ruzinduko rwugamije gutsura umubano hagati y’urwego ayobora na Polisi y’i Abu Dhabi.

Taliki 23, Gicurasi, 2024 nibwo yajyanye na Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu, John Mirenge gusura mugenzi we uyobora Polisi ya Abu Dhabi witwa Maj. Gen Faris Khalaf Al Mazrouei.

Baganiriye ku ngingo zirebana no kubaka ubufatanye bukomeye hagati ya Polisi y’u Rwanda n’iya Abu Dhabi cyane cyane mu ikoranabuhanga rigamije gucunga umutekano mu bihe no mu byiciro bitandukanye.

Polisi y’u Rwanda ifite  ingamba zitandukanye zo guhangana n’ibyaha  bifata intera muri iki gihe haba mu Rwanda n’ahandi ku isi.

Kugira ngo bishoboke, igomba gushora imari muri byinshi birimo n’ikoranabuhanga ariko no mu bufatanye hagati yayo n’ibindi bihugu.

Mu bihe bitandukanye, Polisi y’u Rwanda yasinyanye n’izo mu bindi bihugu amaserezano y’ubufatanye birimo Zambia, Zimbabwe, eSwatini, Repubulika ya Centrafrique, Ubutaliyani, Polisi ya Dubai na Polisi ya Abu Dhabi.

Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda bufite gahunda yo kwagura imikoranire n’izindi Polisi kugira ngo izo nzego zifatanye mu gukumira no gufata abakora ibyaha nyambukiranyamipaka.

TAGGED:AbayoboziNamuhoranyePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Ibyo Ingengo Y’Imari Y’u Rwanda Izashorwamo
Next Article Gaza: Inkunga Igenewe Abahahungiye Yangiwe Kwinjira Mu Nkambi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?