Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ihatana Rikomeye Ryo Gusimbura Boris Johnston Ryatangiye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ihatana Rikomeye Ryo Gusimbura Boris Johnston Ryatangiye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2022 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Bwongereza abanyapolitiki bakomeye batangiye guhatanira kuzasimbura Boris Johnston waraye weguye. N’ubwo hari benshi bavugwaho kugira ubumenyi n’ubushobozi bwo kuzajya mu Biro bya Minisitiri w’Intebe bita No 10 Downing Street, uhabwa amahirwe ni Madamu Liz Truss usanzwe ushinzwe ububanyi n’amahanga.

Truss yahisemo gusubika urugendo yari afite muri Indonesia kugira ngo agaruka mu Bwongereza nyuma yo kumva ko Johnston agiye kwegura.

Uyu mugore yari asanganywe gahunda yateguwe zo kuzashingiraho yiyamamariza kuzasimbura Boris Johnston watangiye kugaragaza ibimenyetso kuzegura mu mezi make ashize.

Undi muyobozi witwa Nadine Dorries nawe avuga ko muri iki gihe ari ngombwa ko abaminisitiri bari guhatanira kuzasimbura Johnston bagombye kwitondera ibyo bavugira mu itangazamakuru , bakirinda ko hari uwaharabika mugenzi bikamutesha agaciro mu bandi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Afite ubwoba ko mu guhatanira kuba Minisitiri w’Intebe, hazabaho guhatana bikomeye k’uburyo bizagorana ko haboneka uwasimbura Boris Johnston uzava ku butegetsi mu buryo budasubirwaho muri Kanama, 2022.

Kugeza ubu hari abadepite n’abandi bayobozi bakuru mu nzego z’ubutegetsi z’u Bwongereza bagarukiye guhanganira kuzasimbura Boris Johnston.

Nadine Dorries avuga ko abaminisitiri bashaka gusimbura Boris Johnston bagombye kwirinda guterana amagambo mu biganiro bazagirira mu binyamakuru kuko bishobora no kubateranya hagati yabo bityo imikorere ya Guverinoma ikagenda nabi muri iki gihe ibintu bitifashe neza.

Liz Truss niwe uhabwa amahirwe yo kuzasimbura Boris kandi ababivuga babishingira ku ngingo y’uko akunzwe mu nzego nyinshi z’ubuyobozi.

Liz Truss niwe uhabwa amahirwe yo kuzasimbura Boris

Izo nzego zirimo n’izigira uruhare mu gutora Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza.

- Advertisement -

Abandi bashaka kuzicara ku ntebe nk’iyo Boris yahagurutseho ni Rishi Sunak, Sajid Javid, Ben Wallace, Nadhim Zahawi, Penny Mordaunt na Tom Tugendhat.

Abasesengura Politiki y’u Bwongereza bavuga ko ibibazo byatumye Boris Johnston yegura byatangiye cyera.

Icyakora ngo ibiherutse kuba muri iki Cyumweru nibyo byaje ari simusiga.

Rishi Sunak uherutse kwegura muri Guverinoma ya Boris nawe arashaka kumusimbura

Minisiteri W’Intebe W’u Bwongereza YEGUYE

TAGGED:BorisBwongerezafeaturedLizMinisitiriTruss
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imiyoborere Mibi Niyo Ntandaro Y’Amakimbirane-Min Gatabazi
Next Article Nyuma Yo Kurasirwa Mu Ruhame Shinzo Abe Wabaye Minisitiri W’Intebe W’u Buyapani YAPFUYE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?