Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikamyo Ipakiye Lisanse Yaturitse Yica Abantu 91
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ikamyo Ipakiye Lisanse Yaturitse Yica Abantu 91

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2021 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikamyo yari ipakiye ibikomoka kuri Petelori yaturikiye mu nkengero y’Umurwa mukuru wa Sierra Leone witwa Freetown umuriro utwika bikomeye abantu. Hamaze kubarurwa abantu 91 bapfuye bazize iriya nkongi.

Byabaye kuri uyu wa Gatanu mu  masaha akuze.

Guverinoma ya Sierra Leone ntiratangaza umubare w’abo yemeza ko baguye muri biriya byago, ariko abayobora ibitaro abahiye bahise bajyanwamo babwiye Reuters ko abantu 91 ari bo bamaze kuhagwa.

Abenshi mu bapfuye bazize ibikomere by’umuriro watewe n’uko bahuruye ngo bashaka kuvoma lisansi bayibike mu ngo zabo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Meya w’agace biriya byago byabereyemo witwa Yvonne Aki Sawyerr niwe watangaje ko bariya bantu bahururanye amajerekani, amabase n’ibindi bikoresho byo mu rugo ngo bavome lisansi.

Umuyobozi ushinzwe ikigo gitabara imbabare witwa Brima Bureh Sesay yagize ati: “ Ibyatubayeho biteye ubwoba cyane. Abantu bahiye barakongoka, imirambo ni myinshi.”

Bikirangira kuba abapolisi bahuruye kugira ngo bafashe abaje gukora iperereza kuri iriya mpanuka ikomeye cyane yagwiririye abatuye inkengero za Freetown, umurwa mukuru wa Sierra Leone.

Sierra Leone

Perezida wa Repubulika ya Sierra Leone Bwana Julius Maada Bio yatangarije kuri Twitter ko ‘yifatanyije n’imiryango yabuze abayo.

TAGGED:featuredIkamyoImpanukaPerezidaSierra Leone
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu Umunani Baguye Mu Gitaramo Cy’Umuraperi Travis Scott
Next Article Jeannette Kagame Yifatanyije Na AERG/GAERG Kwizihiza Isabukuru Yayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?