Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikamyo Ipakiye Lisanse Yaturitse Yica Abantu 91
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ikamyo Ipakiye Lisanse Yaturitse Yica Abantu 91

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 November 2021 2:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikamyo yari ipakiye ibikomoka kuri Petelori yaturikiye mu nkengero y’Umurwa mukuru wa Sierra Leone witwa Freetown umuriro utwika bikomeye abantu. Hamaze kubarurwa abantu 91 bapfuye bazize iriya nkongi.

Byabaye kuri uyu wa Gatanu mu  masaha akuze.

Guverinoma ya Sierra Leone ntiratangaza umubare w’abo yemeza ko baguye muri biriya byago, ariko abayobora ibitaro abahiye bahise bajyanwamo babwiye Reuters ko abantu 91 ari bo bamaze kuhagwa.

Abenshi mu bapfuye bazize ibikomere by’umuriro watewe n’uko bahuruye ngo bashaka kuvoma lisansi bayibike mu ngo zabo.

Meya w’agace biriya byago byabereyemo witwa Yvonne Aki Sawyerr niwe watangaje ko bariya bantu bahururanye amajerekani, amabase n’ibindi bikoresho byo mu rugo ngo bavome lisansi.

Umuyobozi ushinzwe ikigo gitabara imbabare witwa Brima Bureh Sesay yagize ati: “ Ibyatubayeho biteye ubwoba cyane. Abantu bahiye barakongoka, imirambo ni myinshi.”

Bikirangira kuba abapolisi bahuruye kugira ngo bafashe abaje gukora iperereza kuri iriya mpanuka ikomeye cyane yagwiririye abatuye inkengero za Freetown, umurwa mukuru wa Sierra Leone.

Sierra Leone

Perezida wa Repubulika ya Sierra Leone Bwana Julius Maada Bio yatangarije kuri Twitter ko ‘yifatanyije n’imiryango yabuze abayo.

TAGGED:featuredIkamyoImpanukaPerezidaSierra Leone
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abantu Umunani Baguye Mu Gitaramo Cy’Umuraperi Travis Scott
Next Article Jeannette Kagame Yifatanyije Na AERG/GAERG Kwizihiza Isabukuru Yayo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?