Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikamyo Yuzuye Essence Yaturitse Ihitana Abantu 15
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ikamyo Yuzuye Essence Yaturitse Ihitana Abantu 15

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 December 2022 4:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Johannesburg hamaze kubarwa abantu 15 bahitanywe n’ibibatsi bikomeye by’umuriro watewe n’iturika ry’ikamyo yari irimo essence.

Umwe mu baganga wo mu bitaro byitwa Tambo Memorial Hospital witwa Joe Phaahla yabwiye abanyamakuru ko iki cyago cyabaye kuri uyu  Gatandatu Taliki 24, Ukuboza, 2022.

Iyi kamyo yahiye igeze hafi y’ikiraro kiri hafi mu gace kitwa Boksburg.

Mu bahitanywe n’iyi nkongi harimo n’abakozi b’ibitaro batanu barimo abaganga batatu n’abaforomokazi babiri ndetse n’umushoferi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Aba ariko ngo baje gupfa bazize ibikomere bikomeye.

Ku rundi ruhande, hari abantu 37 bakomeretse bikomeye barimo abarwanyi  24 n’abandi bakozi b’ibitaro 13.

Hari n’abandi bantu bangirijwe ibyabo n’uburemere bw’umwuka wa gazi wasohotse muri iriya kamyo.

AFP ivuga ko iriya kamyo yari ipakiye litiro za essence iyunguruye na gaze bigera kuri Litiro 60,000.

TAGGED:Afurika y'EpfoEssenceIkamyoImpanuka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Iravugwaho Amayeri Yo Gufata Masisi
Next Article Kigali: Inyubako Traffic Police Ikoreramo Yahiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?