Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikamyo Yuzuye Essence Yaturitse Ihitana Abantu 15
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ikamyo Yuzuye Essence Yaturitse Ihitana Abantu 15

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 December 2022 4:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Johannesburg hamaze kubarwa abantu 15 bahitanywe n’ibibatsi bikomeye by’umuriro watewe n’iturika ry’ikamyo yari irimo essence.

Umwe mu baganga wo mu bitaro byitwa Tambo Memorial Hospital witwa Joe Phaahla yabwiye abanyamakuru ko iki cyago cyabaye kuri uyu  Gatandatu Taliki 24, Ukuboza, 2022.

Iyi kamyo yahiye igeze hafi y’ikiraro kiri hafi mu gace kitwa Boksburg.

Mu bahitanywe n’iyi nkongi harimo n’abakozi b’ibitaro batanu barimo abaganga batatu n’abaforomokazi babiri ndetse n’umushoferi.

Aba ariko ngo baje gupfa bazize ibikomere bikomeye.

Ku rundi ruhande, hari abantu 37 bakomeretse bikomeye barimo abarwanyi  24 n’abandi bakozi b’ibitaro 13.

Hari n’abandi bantu bangirijwe ibyabo n’uburemere bw’umwuka wa gazi wasohotse muri iriya kamyo.

AFP ivuga ko iriya kamyo yari ipakiye litiro za essence iyunguruye na gaze bigera kuri Litiro 60,000.

TAGGED:Afurika y'EpfoEssenceIkamyoImpanuka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article M23 Iravugwaho Amayeri Yo Gufata Masisi
Next Article Kigali: Inyubako Traffic Police Ikoreramo Yahiye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?