I Johannesburg hamaze kubarwa abantu 15 bahitanywe n’ibibatsi bikomeye by’umuriro watewe n’iturika ry’ikamyo yari irimo essence. Umwe mu baganga wo mu bitaro byitwa Tambo Memorial Hospital...
Mu buryo busa n’aho butashobokaga kubera ko yari amaze iminsi avugwaho ruswa k’uburyo yendaga kweguzwa, Perezida wa Afurika y’Epfo Cyril Ramaphosa yatorewe gukomeza kuyobora ishyaka riri...
Umubano hagati ya Côte d’Ivoire na Mali wajemo igitotsi nyuma y’uko ingabo z’iki gihugu zigera kuri 49 zifatiwe muri Mali. Afurika y’Epfo yo irashaka kuba umuhuza...
Abaturage bo mu mashyaka atavuga rumwe na Leta y’Afurika y’Epfo basabye Perezida w’iki gihugu Cyril Ramaphosa kwegura ku buyobozi bw’Ishyaka ANC riri k’ubutegetsi bitarenze amasaha 42. ...
Mu mpera z’Icyumweru gishize umugabo ukomoka muri Zimbabwe witwa Elvis Nyathi yafashwe n’abaturage bo muri Afurika y’Epfo bamutwika ari muzima. Ni igikorwa cyatumye Leta ya Afurika...