Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikawa Y’U Rwanda Imahanga Irinjiza Ifaranga, Avoka Nayo Bikaba Uko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikawa Y’U Rwanda Imahanga Irinjiza Ifaranga, Avoka Nayo Bikaba Uko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2021 7:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Rwanda i Singapore Bwana Jean de Dieu Uwihanganye avuga ko ikawa, n’ibindi bikomoka ku buhinzi biva mu Rwanda biri mu bikunzwe n’abaguzi bo muri kiriya gihugu.

Yanditse ko abanya Singapore bakunze ikawe y’u Rwanda ndetse imibare yerekana ko bari kuyigura cyane bakoresheje ikoranabuhanga, ibyo bita mu Cyongereza e-commerce.

Amaduka akomeye yo muri Singapore ari kugura ikawa yo mu Rwanda, akabikora akoresheje ibigo by’ikoranabuhanga mu bucuruzi nka Red Mart, ShopeeSG, FairPriceSG, n’andi maduka.

Avoka, Urusenda, Imiteja nabyo birakunzwe…

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hagati aho Icyumweru gishize cyarangiye u Rwanda rwohereje hanze ibikomoka ku buhinzi byarwinjirije $441,679.

Ibyoherejwe yo ni avoka, imiteja, urusenda n’ibindi.

Ibihugu rwoherereje ni u Buholandi, u Bwongereza, Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, u Budage, Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Bufaransa, Leta ziyunze z’Abarabu, Uganda, u Bubiligi, Tanzania na Danemark.

Ikawa y’u Rwanda muri Singapore barayikunze
Avoka yera mu Rwanda i Burayi irakunzwe
Urusenda nyarwanda ‘bita kamurari ruzamura appetit’
Imiteja yera i Rwanda
Rimwe mu maduka y’i Singapore ahahira u Rwanda
TAGGED:AvokafeaturedImitejaIsokoSingaporeUwihanganye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Irinde Kugura Firigo Ihenze Ikangiza N’Umwuka Uhumeka
Next Article Ibizwi N’Ibitazwi Kuri COVID-19 Kugeza Ubu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?