Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikawa Y’U Rwanda Imahanga Irinjiza Ifaranga, Avoka Nayo Bikaba Uko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikawa Y’U Rwanda Imahanga Irinjiza Ifaranga, Avoka Nayo Bikaba Uko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2021 7:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Rwanda i Singapore Bwana Jean de Dieu Uwihanganye avuga ko ikawa, n’ibindi bikomoka ku buhinzi biva mu Rwanda biri mu bikunzwe n’abaguzi bo muri kiriya gihugu.

Yanditse ko abanya Singapore bakunze ikawe y’u Rwanda ndetse imibare yerekana ko bari kuyigura cyane bakoresheje ikoranabuhanga, ibyo bita mu Cyongereza e-commerce.

Amaduka akomeye yo muri Singapore ari kugura ikawa yo mu Rwanda, akabikora akoresheje ibigo by’ikoranabuhanga mu bucuruzi nka Red Mart, ShopeeSG, FairPriceSG, n’andi maduka.

Avoka, Urusenda, Imiteja nabyo birakunzwe…

Hagati aho Icyumweru gishize cyarangiye u Rwanda rwohereje hanze ibikomoka ku buhinzi byarwinjirije $441,679.

Ibyoherejwe yo ni avoka, imiteja, urusenda n’ibindi.

Ibihugu rwoherereje ni u Buholandi, u Bwongereza, Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, u Budage, Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Bufaransa, Leta ziyunze z’Abarabu, Uganda, u Bubiligi, Tanzania na Danemark.

Ikawa y’u Rwanda muri Singapore barayikunze
Avoka yera mu Rwanda i Burayi irakunzwe
Urusenda nyarwanda ‘bita kamurari ruzamura appetit’
Imiteja yera i Rwanda
Rimwe mu maduka y’i Singapore ahahira u Rwanda
TAGGED:AvokafeaturedImitejaIsokoSingaporeUwihanganye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Irinde Kugura Firigo Ihenze Ikangiza N’Umwuka Uhumeka
Next Article Ibizwi N’Ibitazwi Kuri COVID-19 Kugeza Ubu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?