Ishyaka riri ku butegetsi muri Singapore riri mu kigeragezo gikomeye nyuma y’uko Minisitiri w’ubwikorezi atawe muri yombi akurikiranyweho ruswa. Bidatinze Perezida w’Inteko ishinga amategeko hamwe n’undi...
Kuri uyu wa Mbere tariki 17, Nyakanga, 2023 nibwo Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Singapore n’intumwa ayoboye batangiye uruzinduko rwabo mu Rwanda. Baganiriye n’abayobozi bakuru muri...
Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa yatangaje ko ikigo ayoboye cyiyemeje guhugura mu by’imari n’ibaruramutungo abiga amashuri yisumbuye. Ni gahunda yari isanzwe ihabwa abiga...
Mu ruzinduko rw’akazi arimo muri Indonesia Perezida w’u Rwanda yaraye agariye na mugenzi we uyobora Indonesia witwa Joko Widodo batinda k’umubano w’ibihugu byombi bifuza gushyira ku...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yasuye mugenzi we uyobora Singapore witwa Madamu Halimah Yacob uyobora Singapore baganira uko umubano w’ibihugu byombi wakomeza kuzamurwa. Kuri Twitter y’Ibiro...