Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikawa Y’U Rwanda Imahanga Irinjiza Ifaranga, Avoka Nayo Bikaba Uko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Ikawa Y’U Rwanda Imahanga Irinjiza Ifaranga, Avoka Nayo Bikaba Uko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 March 2021 7:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Rwanda i Singapore Bwana Jean de Dieu Uwihanganye avuga ko ikawa, n’ibindi bikomoka ku buhinzi biva mu Rwanda biri mu bikunzwe n’abaguzi bo muri kiriya gihugu.

Yanditse ko abanya Singapore bakunze ikawe y’u Rwanda ndetse imibare yerekana ko bari kuyigura cyane bakoresheje ikoranabuhanga, ibyo bita mu Cyongereza e-commerce.

Amaduka akomeye yo muri Singapore ari kugura ikawa yo mu Rwanda, akabikora akoresheje ibigo by’ikoranabuhanga mu bucuruzi nka Red Mart, ShopeeSG, FairPriceSG, n’andi maduka.

Avoka, Urusenda, Imiteja nabyo birakunzwe…

Hagati aho Icyumweru gishize cyarangiye u Rwanda rwohereje hanze ibikomoka ku buhinzi byarwinjirije $441,679.

Ibyoherejwe yo ni avoka, imiteja, urusenda n’ibindi.

Ibihugu rwoherereje ni u Buholandi, u Bwongereza, Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, u Budage, Leta zunze ubumwe z’Amerika, u Bufaransa, Leta ziyunze z’Abarabu, Uganda, u Bubiligi, Tanzania na Danemark.

Ikawa y’u Rwanda muri Singapore barayikunze
Avoka yera mu Rwanda i Burayi irakunzwe
Urusenda nyarwanda ‘bita kamurari ruzamura appetit’
Imiteja yera i Rwanda
Rimwe mu maduka y’i Singapore ahahira u Rwanda
TAGGED:AvokafeaturedImitejaIsokoSingaporeUwihanganye
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Irinde Kugura Firigo Ihenze Ikangiza N’Umwuka Uhumeka
Next Article Ibizwi N’Ibitazwi Kuri COVID-19 Kugeza Ubu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi Rusange

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?