Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ikirego KNC Yareze Umusifuzi Cyanzwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ikirego KNC Yareze Umusifuzi Cyanzwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 February 2023 6:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ishyirahamwe  ry’umupira w’amaguru mu Rwanda  ryasubije umuyobozi wa Gasogi United witwa KNC ko ikirego yareze umusifuzi wasifuye umukino ikipe ye yakinnye na Rayon Sports nta shingiro gifite.

Wari umukino w’umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda warangiye Rayon Sports itsinda Gasogi United 2-1.

Nyuma gato y’uko urangiye, umuyobozi wa Gasogi United, KNC, yatanze  ikirego muri FERWAFA avuga ko  Nsabimana Céléstin wawusifuye atakoresheje ubutabera mu misifurire ye, arahengama.

KNC yavuze ko ikirego cye agifitiye ibihamya.

Ibyo bihamya nibyo FERWAFA yagenzuye binyuze mu Kanama Nkemurampaka isanga nta shingiro bifite.

Amakuru avuga ko ubuyobozi bwa FERWAFA bwasubije KNC ko agomba kwemera ibyavuye muri uriya mukino ndetse ntiyongere gushidikanya ku misifurire inoze yawo.

N’ubwo ari uko KNC yasubijwe, hashize igihe abakunda umupira w’amaguru mu Rwanda banenga imisifurire ya bamwe mu basifuzi.

Kugeza ubu urutonde rwa Shampiyona rugaragaza ko Rayon Sports iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 39 n’aho Gasogi United ikaba ku mwanya wa gatanu n’amanota 36.

TAGGED:AmaguruFERWAFAGasogiKNCRayonUmupira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubutumwa RAB Yageneye Aborora Ingurube
Next Article 2023: Mu Mushyikirano Hazatangarizwa Ibyavuye Mu Ibarura Rusange
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoIzamamazaMu Rwanda

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?